SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Muyango yasubijwe mu bitaro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Muyango yasubijwe mu bitaro
Andi makuru

Muyango yasubijwe mu bitaro

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/04/25 at 11:07 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Muyango Jean Marie Vianney yongeye gusubizwa mu bitaro mu buryo bw’igitaraganya nyuma yo kuremba.

Didier Kananira ureberera inyungu ze, yatangaje ko Muyango yongeye kuremba mu gitondo cyo ku wa 24 Mata 2024, ajyanwa mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal ari naho arwariye.

Kananura yavuze ko abaganga bakiri kumusuzuma ngo barebe icyatumye yongera gufatwa n’uburwayi, icyakora ahamya ko hari icyizere ko ari buze gukira.

Ati “Yageze kwa muganga bari kumwitaho bamusuzuma ngo barebe ikibazo, nitugira icyo tumenya turababwira, gusa hari icyizere ko aza koroherwa.”

Muyango yaherukaga gufatwa n’uburwayi ku wa 1 Mutarama 2023, ku wa 2 Mutarama 2023 ajyanwa kwa muganga guhumeka biri kumugora.

Ku wa 5 Mutarama 2023 yabagiwe mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal ashyirwamo akuma gafasha umutima gukora neza, amara iminsi itatu mu bitaro abona gutaha ku wa 8 Mutarama 2023.

 

You Might Also Like

U Rwanda rwasabye kwakira amashami y’umuryango w’abibumbye i Kigali

Joe Biden wahoze ayobora USA yasanzwemo Cancer ya Prostate yo mu rwego rwo hejuru

Uwahoze ayobora FBI arakwekaho gushaka kwica Donald Trump

Parike y’igihugu y’Akagera igiye kwakira inkura 70 z’umweru

Perezida Archange Touadéra akomeje gusabwa n’uburusiya gusinyana n’abandi bacanshuro

Nsanzabera Jean Paul April 25, 2024 April 25, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Mu ikipe y’igihugu amavubi hatumijweho umunyezamu ukina mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi!

November 8, 2023
Kwamamaza

Skol yinjiye mu bafatanyabikorwa b’igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho muri ruhago

May 31, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Tems yahishuye ko ashobora gutaramira mu Rwanda

November 29, 2024
KwamamazaUbukungu

Uruganda rwa Skol rwahaye Ferwacy Impano zirimo ibikoresho n’amagare (Amafoto)

December 22, 2023
Imyidagaduro

Riderman na Bull Dogg bateguye igitaramo cya Hip Hop Culture cya EP yabo bise Icyumba cy’Amategeko

June 26, 2024
Andi makuru

Polisi y’u Rwanda n’Ingabo z’igihugu batangije ibikorwa bigamije guteza imbere abaturage

March 18, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?