Imikino

More News

APR BBC yatsinze Patriot amanota 68 kuri 67 biyiha amahirwe yo kuba iya mbere

 APR BBC yatsinze Patriots amanota 68-67 ishimangira kuzasoza imikino ibanza ya Shampiyona yicaye ku mwanya wa mbere.  Uyu mukino w’ishiraniro

Muhire Jimmy Muhire Jimmy

Abaganga 7 bavuraga Diego Maradona batangiye kuburanishwa ku cyaha cyo kwica umuntu ku bushake

Itsinda ry’abaganga barindwi bitaga ku buzima bwa Diego Maradona, wari icyamamare mu mupira w’amaguru ku Isi, batangiye kuburanishwa ku cyaha

Nsanzabera Jean Paul Nsanzabera Jean Paul

Dr Patrice Motsepe yatoreye kuyobora CAF manda ya kabiri

Umunyafurika y'Epfo Dr Patrice Motsepe yatoreye kuyobora Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Africa ku nshuro ya kabiri. Uyu mugabo w'imyaka 63

Muhire Jimmy Muhire Jimmy

Manchester United igiye kubaka Stade nshya y’agaciro ka miliyari 2 z’Amapawundi

 Ikipe ya Manchester United igiye kubaka Stade nshya izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 100 ikazatwara amafaranga arenga miliyari

Muhire Jimmy Muhire Jimmy

Gitego Arthur yasinyiye ikipe yo muri Mozambique

Rutahizamu w’Umunyarwanda, Gitego Arthur yamaze kubona ikipe nshya nyuma yo gutandukana na AFC Leopards yo muri Kenya, aho yasinye amasezerano

Muhire Jimmy Muhire Jimmy

Abasore n’inkumi ba Tiger Gate S bongeye kwerekana ubunararibonye mu gutegura ubwirinzi n’umutekano muri Tour Du Rwanda 2025(Amafoto)

Kuva  tariki ya  23 Gashyantare  kugeza  kuya  2 werurwe uyu mwaka abanyarwanda bose aho bava bakagera  cyari icyumweru bateguye mu

Muhire Jimmy Muhire Jimmy

Skol Rwanda yafunze ikibuga cy’imyitozo ku makipe yombi ya Rayons Sport

Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol rwafunze Ikibuga cy’Imyitozo kiri mu Nzove cyakoreshwaga n’amakipe ya Rayon Sports y’abagabo n’abagore.

Muhire Jimmy Muhire Jimmy