SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Aline Gahongayire yashyize hanze amashuhso y’Indirimbo Ndashima yakoreye I Dubai
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Aline Gahongayire yashyize hanze amashuhso y’Indirimbo Ndashima yakoreye I Dubai
Imyidagaduro

Aline Gahongayire yashyize hanze amashuhso y’Indirimbo Ndashima yakoreye I Dubai

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/05 at 1:07 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Aline Gahongayire yasohoye indirimbo ‘Ubu ndashima’ yakomoye ku mashimwe yavanye mu bihe bya Covid-19 ikaba iya kabiri ashyize hanze kuri album ye nshya yitegura gusohora uyu mwaka.

Iyi ndirimbo izaba iri kuri album ya karindwi Aline Gahongayire yitegura gusohora amashusho yayo yayafatiye mu Mujyi wa Dubai.

Aline  Ubwo  ubwo yavugaga  kuri iyi ndirimbo yagize ati “Ni indirimbo nanditse nyuma yo kwitegereza uko icyorezo cya Covid-19 cyari cyaraboshye Isi, agapfukamunwa, nta kazi, nta kuva mu rugo mbega ni inde wari kuva hariya ntashime?”

Ni indirimbo uyu muhanzikazi avuga ko buri wese yayifashisha mu gushima Imana kubera impamvu zitandukanye, ati “Ibaze niba bavuga ko mu isegonda rimwe hapfa abantu bangahe? Muri abo ukaba utarimo! Ese wabuzwa n’iki gushima?”

‘Ubu ndashima’ ibaye indirimbo ya kabiri uyu muhanzikazi ashyize hanze kuri album ye nshya, ikaba ikurikiye iyo yise ‘Amen’ yasohotse muri Nzeri umwaka ushize.

Mu Ukwakira 2022, Aline Gahongayire yakoze igitaramo cyo kwizihiza imyaka 22 amaze mu muziki.

Ni igitaramo yari yarateguye kwizihiza mu 2020 ubwo yari kuba yujuje imyaka 20 mu muziki, ariko bitewe n’icyorezo cya Covid-19 birangira acyimuriye mu 2022.

 

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Rihanna na A$ap bagiye kwibaruka umwana wa gatatu

Nsanzabera Jean Paul January 5, 2023 January 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Paul Kagame uri mu bushinwa yagiranye ibiganiro na bagenzi be baba Perezida

September 4, 2024
Ubukungu

Abacuruzi b’ibinono barasaba kubona aho bitunganyirizwa 

January 15, 2024
Andi makuru

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasabye Abamotari kwirinda ubusinzi no gukora amakosa mu muhanda .

September 4, 2024
Imikino

Euro 2024: N’Golo Kanté yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu

May 17, 2024
Imyidagaduro

John Legend yunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali

February 24, 2025
Imikino

Patrice Evra yakatiwe igihano cy’igifungo gisubitse cy’amezi 12

July 13, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?