SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar
Imyidagaduro

Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 6, 2023
Share
SHARE

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2023, Kendrick Lamar mbere yo gutaramira i Kigali yabanje guhura n’abaraperi bo mu Rwanda.

Ni ikiganiro cyabereye kuri Kigali Marriott Hotel, aho uyu muhanzi acumbitse. Mu baraperi bake babashije kuhagera harimo Danny Nanone, Kivumbi, Angell Mutoni, Kenny K-Shot n’abandi.

Danny Nanone uri mu bitabiriye iki kiganiro yatangarije ikinyamkauru IGIHE ko byari ibihe bidasanzwe kuri we kwisanga ari kumwe n’umwe mu baraperi bakomeye ku Isi.

Ati “Byari iby’agaciro, twaganiriye atubwira uko yakunze u Rwanda, atwizeza ko atari ubwa nyuma ahageze. Ku rundi ruhande yaciye amarenga ko yifuza gufasha abaraperi ba hano iwacu.”

Imwe mu nama Kendrick Lamar yagiriye aba bahanzi twabashije kumenya ni uko yabasabye kuba bo bakagaragaza umwihariko wabo cyane ko ariwo utuma bakundwa.

Kendrick Lamara ategerejwe i Kigali mu gitaramo cya Move Afrika kiri bubere muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 6 Ukuboza 2023.

Ni igitaramo ahuriramo n’abandi bahanzi barimo Ariel Wayz, Bruce Melodie na Zuchu wo muri Tanzania.

 

 

Bruce Melodie yashyize hanze indirimbo sowe yakozwe n’abahanga muri Nigeria itwara akayabo
Kevin Kade yahakanye amakuru y’urukundo hagati ye na Jesinta Makwabe
Zeo Trap na True Promises bagiye gutangiza gahunda yo gutaramira abakunzi ba GenZ Comedy Show .
Cecile Kayirebwa,Cyusa,Sophie Nzayisenga,Muyango,Ruti Joel bazatarama mu gitaramo cya Iwacu na Muzika Festival Gakondo 2023 .
Urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga rwasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Bisesero(Amafoto)
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Casino Roulette Near Me

February 25, 2025

Play Demo Pokies

February 25, 2025

Online Casino Fun Play

May 28, 2024
Imyidagaduro

Miss Aurore Kayibanda yakorewe ibirori bya Bridal Shower

July 30, 2024

Ultra Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

N0 Deposit Casino Bonuses

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?