SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: DJ KasBaby azataramira abazitabira ibirori byo gusoza irushanwa rya ‘Mützig Amabeats
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > DJ KasBaby azataramira abazitabira ibirori byo gusoza irushanwa rya ‘Mützig Amabeats
Imyidagaduro

DJ KasBaby azataramira abazitabira ibirori byo gusoza irushanwa rya ‘Mützig Amabeats

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: October 13, 2023
Share
SHARE

Mu gihe habura masaha atageze kuri  72  ngo hasozwe irushanwa rya ‘Mützig Amabeats’  rigaragaza umudj  wahize  abandi bahatanye mu kuvanga imiziki, hatumiwe DJ KasBaby kugira ngo azasusurutse abakunzi b’umuziki bazitabira ibi birori.

DJ KasBaby ni umwe mu bavanga imiziki bafite izina rizwi mu Mujyi wa Kampala, aho acuranga mu tubyiniro nka Thrones Kampala na Cielo Lounge.

Dj Lenzo, Dj Yolo, DJ Dallas, Dj Kavori na DJ Noodlot ni bo batanu bari guhatana mu irushanwa rya ‘Mützig Amabeats’ risanzwe ribitswe na Selekta Danny waryegukanye umwaka ushize.

Byitezwe ko umu-DJ uzegukana umwanya wa mbere azamara umwaka ari Brand Ambassador wa Mützig, ahabwe amasezerano ahwanye na 18.000.000 Frw mu byiciro n’ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 5 Frw.

Uwa kabiri azahabwa amasezerano y’umwaka umwe afite agaciro ka miliyoni 12 Frw n’ibikoresho bifite agaciro ka 2.500.000 Frw. Uwa gatatu azahembwa 2.500.000 Frw.

Irushanwa “Mützig Amabeats” rihuriza hamwe abavanga imiziki batandukanye biganjemo abakizamuka mu Rwanda.

Ryatangijwe n’uruganda rwenga Ibinyobwa bisembuye n’Ibidasembuye, Bralirwa Plc. Rigamije kuzamura abafite ubuhanga mu kuvangavanga umuziki bari hirya no hino mu Rwanda binyuze mu bukangurambaga bwiswe “Never Stop Starting.”

biteganyijwe  ko irushanwa rya ‘Mützig Amabeats risazozwa kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14 Ukwakira kuri Camp kigali aho kwinjira ari 5000Frw  ukayanywamo ikinyobwa wifuza .

Boukuru wazamukiye mu ‘ArtRwanda-Ubuhanzi’ agiye kumurika alubumu ye ya mbere yise Gikundiro
Butera Knowless yakiranywe urugwiro n’abanyarwanda baba i Kampala
Nasty C niwe uzaba umuhanzi mukuru mu gitaramo cya Davis D
Urubanza rwa Titi Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya 3
Rumaga ,Ruti Joel na Shauku Band bazatarama mu gitaramo Kigali Kulture Konnekt
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Profitable Pokies Australia $10 Deposit

September 5, 2023

Rio All Suite Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Buffalo Grand Slot

May 28, 2024

Woo Casino Australia 2025

February 25, 2025

Dark Horse Casino

May 28, 2024

What Are The Most Popular Card Games In Online Casinos In Ireland In 2023

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?