SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny
Imyidagaduro

Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/28 at 2:03 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Muri iyi minsi  mu ruganda rwa muzika ndetse no mu buzima bwa buri munsi hasigaye hari umuco mwiza wo kwambara neza ndetse  no kuba aho umuntu  yasohokera  buri gihe asa neza  ibyo byose nta muntu ujya abigeraho  adafite  umuntu umwambika  adafite ubimukorera  abazwi nka ba Designer cyangwa  Fashionist .

Muri abo muri iyi minsi mu Rwanda  mu ruganda rwa Muzika iyo  uvuze Nshimiyimana  Emmy  umaze kumenyekana cyane nka  Star Boy ni umwe  mu bamaze kubaka izina mu kwambika ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda ,Uyu musore mu mpera z’ukwezi gushize nibwo yateye  ivi asaba anambika impeta umukunzi we Uwineza Fanny amusaba ko yazamubera  umufasha  ubuzima bwabo  bwose .

Amakuru dukesha  bamwe mu nshuti za hafi za  Star Boy na Fanny  zatubwiye  ko  uwo muhango wabaye ku tariki ya 2 Ukwakira  2022 umuhango wari witabiriwe na bamwe mu nshuti zabo nk’umunyamakuru Papy Valens Ndahiro ,abahanzi  Mukadhaffi ,Jay C nabo mu miryango yabo bombi .

Nyuma  y’amezi  agera kuri ane  aba bombi bemeranyije  kuzabana  akaramata  ku tariki ya  28 Gashyantare  2023  Star  Boy na Fanny  nibwo bagiye imbere y’amategeko nk ‘umugabo n’umugore .

Biteganyijwe ko aba bombi  imihango y’ubukwe  bwabo  izaba muri uku kwezi kwa  Gatatu aho tariki ya 12 Werurwe  2023  hazaba umuhango wo gusaba no gukwa ukazabera  mu karere ka Rusizi  ahazwi nka Vive  Hotel  , naho  gusezerana imbere y’Imana bikaba tariki ya 18 Werurwe 2023 muri ADEPR Nyarugenge   nyuma batumiwe bakazakiririrwa muri Ahava  River Kicukiro .

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 28, 2023 February 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

APR BBC na REG BBC zigiye guhurira mu irushanwa ryo Kwibuka 30

April 16, 2024
Andi makuru

Yvonne Manzi Makolo yatangiye kuyobora Inama y’Ubutegetsi ya IATA.

June 5, 2023
Andi makuru

Twitter yatangiye gusubiza Blue Tick Abafite ababakurikira miliyoni

April 24, 2023
Andi makuruUbukungu

Umwihariko wa Sunday Brunch muri La Creola Restaurant & Lounge

January 19, 2024
Andi makuruUbuzima

Mu Rwanda hafunguwe uruganda rukora Inshinge zo kwa Muganga

April 2, 2025
Imyidagaduro

RIB yatangaje ko Fatakumavuta nyuma y’ibyo ashinjwa harimo no gukoresha ibiyobyabwenge

October 22, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?