SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny
Imyidagaduro

Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 28, 2023
Share
SHARE

Muri iyi minsi  mu ruganda rwa muzika ndetse no mu buzima bwa buri munsi hasigaye hari umuco mwiza wo kwambara neza ndetse  no kuba aho umuntu  yasohokera  buri gihe asa neza  ibyo byose nta muntu ujya abigeraho  adafite  umuntu umwambika  adafite ubimukorera  abazwi nka ba Designer cyangwa  Fashionist .

Muri abo muri iyi minsi mu Rwanda  mu ruganda rwa Muzika iyo  uvuze Nshimiyimana  Emmy  umaze kumenyekana cyane nka  Star Boy ni umwe  mu bamaze kubaka izina mu kwambika ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda ,Uyu musore mu mpera z’ukwezi gushize nibwo yateye  ivi asaba anambika impeta umukunzi we Uwineza Fanny amusaba ko yazamubera  umufasha  ubuzima bwabo  bwose .

Amakuru dukesha  bamwe mu nshuti za hafi za  Star Boy na Fanny  zatubwiye  ko  uwo muhango wabaye ku tariki ya 2 Ukwakira  2022 umuhango wari witabiriwe na bamwe mu nshuti zabo nk’umunyamakuru Papy Valens Ndahiro ,abahanzi  Mukadhaffi ,Jay C nabo mu miryango yabo bombi .

Nyuma  y’amezi  agera kuri ane  aba bombi bemeranyije  kuzabana  akaramata  ku tariki ya  28 Gashyantare  2023  Star  Boy na Fanny  nibwo bagiye imbere y’amategeko nk ‘umugabo n’umugore .

Biteganyijwe ko aba bombi  imihango y’ubukwe  bwabo  izaba muri uku kwezi kwa  Gatatu aho tariki ya 12 Werurwe  2023  hazaba umuhango wo gusaba no gukwa ukazabera  mu karere ka Rusizi  ahazwi nka Vive  Hotel  , naho  gusezerana imbere y’Imana bikaba tariki ya 18 Werurwe 2023 muri ADEPR Nyarugenge   nyuma batumiwe bakazakiririrwa muri Ahava  River Kicukiro .

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Chriss Eazy yageze muri Pologne mu gitaramo azahuriramo na Joeboy
Ikinyamakuru The Mirror cyemeye amakosa cyakoreye Prince Harry
Niyonizera Judith mu byishimo byinshi nyuma yo kwambikwa impeta n’umukunzi we(Amafoto)
Ne-yo yiseguye kubabajwe n’amagambo yavuze kubaryamana bahuje ibitsina
Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

American Roulette Tips Tricks

February 25, 2025

88888 Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Coin Flip Gambling

February 25, 2025

Slotman Promo Code

May 28, 2024

Carnival Online Casino

May 28, 2024

Best Roulette Simulator

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?