Imyidagaduro

More News

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Urukiko rwo mu Bwongereza rwategetse ko umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe ategereje kuburana ku byaha

Nsanzabera Jean Paul Nsanzabera Jean Paul

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Umunyamakuru ufite izina rikomeye muri Uganda yongeye gukangaranya imbuga nkoranyambaga nyuma y’uko arahiriye kutazigera yita ‘mama’ inkumi Se aherutse gushyingiranwa

Nsanzabera Jean Paul Nsanzabera Jean Paul

Itorero Intayoberana ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Mu gihe u Rwanda n’Isi bibuka Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Itorero Intayoberana ryasuye Urwibutso

Nsanzabera Jean Paul Nsanzabera Jean Paul

Chris Brown yaterewe muri yombi i Londres

Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yatawe muri yombi ubwo yari mu mujyi wa Manchester, akurikiranyweho gukubita icupa umuntu ubwo yari ari

Gossip Kigali Gossip Kigali

The Ben na Kevin Kade bakiranywe urugwiro n’abakunzi babo i Kampala (Amafoto)

Umuhanzi  Mugisha Benjamin  uzwi nka The Ben  aherekejwe na Kevin  vageze mu gihugu  cya Uganda  aho bakiranywe urugwiro n’abakunzi babo

Nsanzabera Jean Paul Nsanzabera Jean Paul

Fatakumavuta yongeye guhakana ibyaha aregwa ibyaha aregwa

Sengabo Jean Bosco wamenyekanye nka Fatakumavuta yongeye kuburana ahakana ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gutukana mu ruhame, ivangura, gukoresha ibiyobyabwenge, gusebanya,

Ahupa Radio Ahupa Radio

King Promise wo muri Ghana yiyemeje kuzasusurutsa bihagije abazitabira imikino ya BAL

Umuhanzi King Promise wo muri Ghana, yatangaje ko yiteguye gutaramira abazitabira ibirori bifungura imikino ya BAL (Basketball Africa League). Ni

Nsanzabera Jean Paul Nsanzabera Jean Paul