SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Timaya avuga ko umubano wose utagomba kurangirira mu gukora mu bukwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Timaya avuga ko umubano wose utagomba kurangirira mu gukora mu bukwe
Imyidagaduro

Timaya avuga ko umubano wose utagomba kurangirira mu gukora mu bukwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/14 at 11:46 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Inetimi Timaya Odon wamenyekanye nka  Timaya  ni umwe mu bahanzi bakomeye mu gihugu cya Nijeriya nubwo muri iyi minsi  Atari gukora cyane  yatangaje ko  mu buzima bwe abona  umubano wose  muri iyi  minsi  utagomba  kurangirira mu  gukora  ubukwe .

Nubwo yemeye ko afite umufasha, uyu muhanzi yatangarije mu kiganiro  ‘Eye’s Eye’ ko atubatse kuko atiteguye.

Timaya yiyemereye kandi ko atishimiye kuba akikijwe n’abagore benshi kandi yibaza icyo azabakoresha bose kuko atihanganira ikinamico zabo .

Yakomeje agira ati “Ntabwo nubatse, mfite umukobwa w’inshuti kuko, sindi  umuntu nkuwo kuko ntacyo naba nkora nabo bagore bose  kuko  ntari umugabo  washobewe wakwihanganira  icyo kinamico zabo.

Timaya kandi  yashimangiye ko yakundanye n’abakobwa benshi ariko yarambiwe  ibibazo byabo bya buri gitondo mukibyuka batangira kubaza  uyu munsi turakora iki , turishimishiriza hehe ,ibintu mbona ko biba bimeze  nk’umukino .

Yasoje agira  ati  “Uwa nyuma yambajije ko mbere yuko ntangira gukundana n’umukunzi wanjye twabanye neza. Gusa yazindutse mu gitondo kimwe  ambaza ati: ‘Tugiye he?’ Ndamubwira nti: ‘Simbizi.kuko nabona  iyo mikino  ntayishobora ni mpmavu mvuga ko umubano wose utagomba kurangirira  mu gukora  mu bukwe.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul March 14, 2023 March 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Dj Sonia agiye gususurutsa abanyakenya mu gitaramo azahuriramo na Darassa

May 17, 2023
Utuntu n'utundi

Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe mu kazi

July 25, 2024
Imyidagaduro

Bwiza yahaye Mayor wa Bugesera impano y’alubumu ye yise My Dream

July 27, 2023
Imikino

Perezida Kagame na Madamu Jeannette bitabiriye umuhango wo gutangiza Imikino Olempike i Paris

July 25, 2024
Imyidagaduro

Zari yasezeranye mw’idini n’umukunzi we Shakib mu ibanga rikomeye

April 17, 2023
Imyidagaduro

Umushoramari West ufite akabari ka El Classico yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye (Amafoto)

March 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?