SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Marc Anthony wigeze kuba umugabo wa Jennifer Lopez yishumbushije Miss Paraguay 2021
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Marc Anthony wigeze kuba umugabo wa Jennifer Lopez yishumbushije Miss Paraguay 2021
Imyidagaduro

Marc Anthony wigeze kuba umugabo wa Jennifer Lopez yishumbushije Miss Paraguay 2021

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 30, 2023
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Marc Anthony, wabaye umugabo wa gatatu wa Jennifer Lopez, yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31.

Marc Anthony w’imyaka 54 akoze ubukwe na Nadia Ferreira w’imyaka 23 nyuma y’amezi umunani amwambitse impeta ihamya urukundo rwabo.

Ubu bukwe bwabereye muri Perez Art Museum iri mu mujyi wa Miami, bwitabirwa n’abarimo David Beckham wari wambariye umugabo, mu gihe umugore we Victoria Beckham ari we wakoze ikanzu yambitswe umugeni.

Abandi bitabiriye ubu bukwe barimo umuhanzi Maluma, Romeo Santos, basezeranira imbere ya Meya wa Miami Francis X. Suarez wakiriye indahiro z’abageni basezerana mu mategeko.

Nadia Tamara Ferreira washakanye na Marc Anthony ni umunyamideli uvuka muri Paraguay, afite ikamba rya Miss Paraguay 2021. Yabaye igisonga cya mbere cya Miss Universe 2021.

Jennifer Lopez n’umugabo we Ben Affleck bari batembereye mu mujyi wa Los Angeles ntibigeze bitabira ubu bukwe.

Abana babiri b’impanga Lopez yabyaranye na Marc Anthony na bo ntibigeze bitabira ubu bukwe.

Mu bagore bashakanye na Marc Anthony, Jennifer Lopez ni we bamaranye igihe kirekire kigera ku myaka 10 (2004-2014), Dayanna Torres bamaranye imyaka ine (2000 – 2004) na Shannon De Lima bamaranye imyaka itatu (2014-2017).

 

 

 

 

Juno Kizigenza yashyize hanze indirimbo iri mu njyana nshya ya Afro Gako
Patoraking yasuye abanyeshuri afasha biga muri African Leadership University I Kigali
The Ben na Pamella bagiye kwibaruka
Prince Kid na Miss Elsa bishimiwe na banyampinga bose
Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

#Kwibuka31:Bwiza yasabye urubyiruko kudaceceka mu gihe hari abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025

Slothunter Casino Bonus Codes 2025

February 25, 2025

What Are The Best Online Casinos For Australian Players To Play Live Pokies

September 5, 2023

Free No Deposit Pokies

May 28, 2024

What Is The No Deposit Bonus Code For Online Casinos In Ireland

September 23, 2020

Parimatch Promo Code 2023

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?