SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Marc Anthony wigeze kuba umugabo wa Jennifer Lopez yishumbushije Miss Paraguay 2021
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Marc Anthony wigeze kuba umugabo wa Jennifer Lopez yishumbushije Miss Paraguay 2021
Imyidagaduro

Marc Anthony wigeze kuba umugabo wa Jennifer Lopez yishumbushije Miss Paraguay 2021

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 30, 2023
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Marc Anthony, wabaye umugabo wa gatatu wa Jennifer Lopez, yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31.

Marc Anthony w’imyaka 54 akoze ubukwe na Nadia Ferreira w’imyaka 23 nyuma y’amezi umunani amwambitse impeta ihamya urukundo rwabo.

Ubu bukwe bwabereye muri Perez Art Museum iri mu mujyi wa Miami, bwitabirwa n’abarimo David Beckham wari wambariye umugabo, mu gihe umugore we Victoria Beckham ari we wakoze ikanzu yambitswe umugeni.

Abandi bitabiriye ubu bukwe barimo umuhanzi Maluma, Romeo Santos, basezeranira imbere ya Meya wa Miami Francis X. Suarez wakiriye indahiro z’abageni basezerana mu mategeko.

Nadia Tamara Ferreira washakanye na Marc Anthony ni umunyamideli uvuka muri Paraguay, afite ikamba rya Miss Paraguay 2021. Yabaye igisonga cya mbere cya Miss Universe 2021.

Jennifer Lopez n’umugabo we Ben Affleck bari batembereye mu mujyi wa Los Angeles ntibigeze bitabira ubu bukwe.

Abana babiri b’impanga Lopez yabyaranye na Marc Anthony na bo ntibigeze bitabira ubu bukwe.

Mu bagore bashakanye na Marc Anthony, Jennifer Lopez ni we bamaranye igihe kirekire kigera ku myaka 10 (2004-2014), Dayanna Torres bamaranye imyaka ine (2000 – 2004) na Shannon De Lima bamaranye imyaka itatu (2014-2017).

 

 

 

 

Skol yateguye igitaramo Nyega Nyega kizahuriramo abaraperi bakanyujijeho mu Rwanda
Miss Nishimwe Naomie yahinyuje amakuru avuga ko agiye kurushinga
Rick Ross yatandukanyen’umukunzi we
Bwiza yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’u Rwanda muri MozambiqueCol. (Rtd) Donat Ndamage.
Riderman agiye gushyira hanze EP yise Umurwa w’ indwanyi azahuriramo na Fireman
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ireland Electronic Casino Dollar 10 Bonus

January 13, 2017

Online Slots Ireland Bonus $10

May 28, 2024
Iyobokamana

Aline Gahongayire yahembuye imitima ya benshi bitabiriye igitaramo yakoreye mu bubiligi

June 10, 2025

What Are The Best Electronic Casino Slots In Ireland For 2023

July 19, 2018

Where To Play Crazy Time

February 25, 2025

What Are The Best Mobile Spin Offers In Cork Ireland For 2023

January 11, 2020

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?