SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ben Affleck yanyomoje amakuru avuga ko ari mu rukundo n’indi nkumi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ben Affleck yanyomoje amakuru avuga ko ari mu rukundo n’indi nkumi
Imyidagaduro

Ben Affleck yanyomoje amakuru avuga ko ari mu rukundo n’indi nkumi

Gossip Kigali
Last updated: 2024/08/28 at 3:10 PM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma y’igihe inkuru zivuga ko umukinnyi wa filime Ben Affleck ari mu rukundo rushya na Kick Kennedy nyuma y’uko umugore we Jennifer Lopez amwatse gatanya, yabihakanye.

Mu byumweru bike bishize, nibwo Jennifer Lopez yajyanye mu rukiko impapuro zaka gatanya Ben Affeck bari bamaranye imyaka ibiri, ariko nyuma y’aho inkuru zakurikiyeho ni izemezaga ko Affeck ari mu rukundo na Kick Kennedy.

Uyu mukobwa Kick Kennedy ni umwe mu bo mu muryango w’Aba-Kennedy umwe mu miryango ikomeye muri Amerika yavuyemo abanyapolitike bakomeye muri iki gihugu, ndetse John F. Kennedy yaje kuba Perezida wa 35 wa USA.

Ikinyamakuru cya Page Six nicyo cyatangaje bwa mbere ko Affeck ari mu rukundo na Kick, ndetse bakemeza ko bombi akunze gusohokana mu gace ka Beverly Hills muri Amerika.

Nyamara rero, Jen Allen ureberera inyungu za Affeck, yaje kubwira Fox News ko ibyo bavuga ari ibinyoma, ndetse na nyiri ubwite yatangarije Rolling Stone ko adakundana na Kick gusa avuga ko ari inshuti zisanzwe.

Yunzemo ko badakunze no kuvugana cyane, kuko atari inshuti cyane, ahishura ko bahuye bwa mbere mu 2020 ubwo bari mu bikorwa by’ubugiraneza byo gufasha abatishoboye.

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Gossip Kigali August 28, 2024 August 28, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Andy Bumuntu na Ish Kev9n batumiwe muri Meet me to Night ya Gen Z Comedy

October 14, 2024
Imyidagaduro

Bruce Melodie werekeje muri Nigeria yanyomoje amakuru y’uko yibagishije Inda

May 16, 2024
Andi makuru

Ubuhinde :Umunyacanada w’imyaka 32 yafatanywe igihanga cy’ingona

January 10, 2025
Imyidagaduro

Ibya Card B na Offset bikomeje kuzamba nyuma yo gushyira hanze amashusho yabo batera akabariro

March 30, 2025
Imikino

CECAFA U18: U Rwanda rwasezerewe na Uganda muri ½

December 5, 2023
Andi makuru

Qatar yashimiye u Rwanda na DRC ku mugambi wo kurangiza intambara ya M23

March 24, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?