SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Andy Bumuntu na Ish Kev9n batumiwe muri Meet me to Night ya Gen Z Comedy
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Andy Bumuntu na Ish Kev9n batumiwe muri Meet me to Night ya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Andy Bumuntu na Ish Kev9n batumiwe muri Meet me to Night ya Gen Z Comedy

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: October 14, 2024
Share
SHARE

Abahanzi Andy Bumuntu na Ish Kevin batumiwe mu gitaramo cya Gen-Z Comedy giteganyijwe ku wa 17 Ukwakira 2024, iho kuri iyi nshuro bazaba bibanda ku gukangurira urubyiruko kwita ku buzima bwo mu mutwe.

Fally Merci usanzwe ategura ibi bitaramo, yadutangarije  ko yahisemo gutumira aba bahanzi kuko bakunzwe n’urubyiruko kandi  ataribo banyuma kuko bazajya bakomeza gutumira abantu bafite  ibyo bagezeho kandi  basangiza urubyiruko

Ati “Turi mu cyumweru cyo kwita ku buzima bwo mu mutwe, mu gitaramo cyacu rero abahanzi barimo Andy Bumuntu na Ish Kevin bazaba batuganiriza kuri iyi ngingo, icyakora hari n’ibindi byinshi tuzaganira birimo no kurebera hamwe aho imyiteguro y’igitaramo cyitiriwe ‘YB Foundation’ igeze.”

Fally Merci yavuze ko buri gitaramo atumira abantu bo kuganiriza urubyiruko hagendewe kuri gahunda igezweho mu gihugu.

Ati “Turicara nk’itsinda ritegura ibi bitaramo, tukareba gahunda ihari kandi yashishikaza urubyiruko, nyuma tugategura uburyo twaganira nabo.”

Uretse aba bahanzi, iki gitaramo giteganyijwe kubera muri Camp Kigali ku wa 17 Ukwakira 2024 kizitabirwa n’abanyarwenya biganjemo abubakiye izina muri Gen-Z Comedy nka Rumi, Pilate na Kampire.

 

Abahanzi Weasel na Harmonize bagiye kwiyamamariza kuba abadepite
Sonia Roland ntiyemeranye nabamwibasira kubera gukunda Igihugu cye
Bruce Melodie yashyize hanze indirimbo sowe yakozwe n’abahanga muri Nigeria itwara akayabo
Israel Mbonyi yateguye igitaramo azafatiramo amashusho ya albumu ye nshya
Itsinda rya Ghetto Kids ryongeye gukora amateka muri Britain’s Got Talent,
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Luckspins Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025

Quick Play Casino

February 25, 2025

Aztec King Slot

May 28, 2024

Casino New Zealand Online

May 28, 2024

Download Jackpot Party

May 28, 2024

A Big Candy Casino Sign Up

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?