SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo
Imyidagaduro

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 19, 2025
Share
SHARE

Umukinnyi wa filime akaba n’umushoramari akaba n’umwe mu bakuzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool yakebuye abakobwa n’abagore bagenzi be baziko kwiyambika  imyenda igaragza ubusa bwabo ko ataribyo bigaragaza ubwiza bwabo

Uyu mugore yabigarutseho mu butumwa yashyize ku rukuta rwa Instagram, aho yagize ati “Bakobwa beza, buriya kwambara ubusa siho wagaragariza ko uri mwiza. Noneho hari imyaka mba mbona bitagakwiye ko twambara tutikwije. Niko mbyumva.”

Uyu mugore w’imyaka 35 yavuze ibi mu gihe hari abakunze kunenga abagore n’abakobwa yaba mu myidagaduro, no mu buzima busanzwe ko bambara imyambaro ijya gusa no kwambara ubusa.

Alliah Cool siwe wenyine wagaragaje ibi, kuko na Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire mu minsi yashize yavuze ko hari imyambaro abantu bambara ugasanga si myiza n’ubwo bamwe bayita ‘imideli’. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Nkunda Gospel.

Ati “Hari ubupantalo umuntu yambara ukavuga uti ese uriya arambaye? Noneho rwose mperuka guhura n’umuntu waguze ‘colant’ isa n’uruhu rwe. Ku buryo yaturutse hirya nkumirwa nti noneho abantu basigaye bagenda bambaye ubusa mu muhanda? Nitegereje neza nsanga ni uwo mwambaro usa n’umubiri w’inzobe.”

Arakomeza ati “Niba umukobwa aje amabere ari hanze uretse imoko yonyine, niba umuntu yambaye ijipo utera intambwe ukamera nk’uwambaye ubusa, hari ibintu dukwiriye gutinyuka kuvuga ko atari byo[…] hari ibyo dukwiriye gutinyuka guheza. Umuntu aragenda akazana imyenda yacagaguye akakubwira ko ari imideli! Tekereza ubaye nka Meya wambara ipantalo icitse?”

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30
Abanyamideli 20 bari mu Irushanwa Supra Model basuye Parike ya Nyungwe (Amafoto)
TMC wahoze muri Dream Boys ari i Kigali
Reporter Guterman has come a long way on the One Hundred and Twenty Million School Building Project
The Ben yateye umutoma ukomeye umukunzi we Pamella wizihije isabukuru
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

The Strategy Of Playing At Online Pokies

September 5, 2023

Casino Codes 2023

February 25, 2025

Wild Life Casino

May 28, 2024

Reef Reel Casino

May 28, 2024

Top Online Australian Casino

May 28, 2024

Popular Slot Machines In Dublin

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?