Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben umaze iminsi azeguruka iice bitandukanye ku mugabane w’uburayi ndetse na hano muri afurika akora ibitaramo byo kumneyekanisha alubumu ye yise “Plenty Love “yongeye gushimangira ko ari umwe mu bakuzwe cyane mu gitaramo yakoreye mu mujyi wa Kampala mu mperza z’icyumweru gishize .
Ibi byagaragajwe n’urukundo yeretswe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17 Gicurasi mu gitaramo yakoreye muri Kampala Srena Hotel aho yafatanyije nábahanzi nka Kevine Kade na Elément Eleeh , Ray G , Omario wo muri Tanzania na Irene Ntale ,Warafiki Music ndetse na Symphony Band yamucurangiye .
Kimwe mu byagaragaye muri iki gitaramo ni ubwitabire buri hejuru bw’Inkumi z;Ikimero zikunzwe cyane ku mbuga nkorayambaga zo mu gihugu cya Uganda ziganjemo nábanyarwandakazi bahakorera imirimo yabo itandukanye .
Ikindi cyatunguye benshi ubwo uyu muhanzi yari ku rubyiniro yatunguye no kujugunyirwa akenda gahisha ambere kazwi nkÍsutiye ubwo yararimo kuririrmba indirimbo yahimbiye umugore we uherutse kwiabaruka Uwicyeza Pamela maze abantu barimira n’ubwo Atari ubwa mbere byaba bibaye ku muhanzi ukunzwe cyane kuko no mu mwaka wa 2022 ubwo umuhanzi Ruger yari mu gitaramo yakuruwe igitasina númwe mubafana ariko arabyiregagiza akomeza kuririmba .
Mu bandi bantu bishimiwe ni Kevin Kade na Elément ubwo basangaga The Ben ku rubyiniro bakaririmbana indirimbo yabo bise sikosa .
Iki gitaramo cya Plenty Love Cyayobowe na MC Mariachi mu gihe hari n’abanyarwenya barimo Maulana & Reign na Dr Hilary Okello.