SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Alexei Navalny utavugaga rumwe na leta y’uburusiya yaguye muri Gereza
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Alexei Navalny utavugaga rumwe na leta y’uburusiya yaguye muri Gereza
Utuntu n'utundi

Alexei Navalny utavugaga rumwe na leta y’uburusiya yaguye muri Gereza

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/16 at 1:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Alexei Navalny wari umunyapolitiki utavugaga rumwe n’ubutegetsi Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yapfiriye muri gereza.

Ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo CNN, kuri uyu wa 16 Gashyantare 2024 byatangaje ko aya makuru yemejwe n’itangazamakuru rya Leta y’u Burusiya.

Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Kremlin, nabyo byemeje ko byamenyeshejwe iby’urupfu rwa Alexei Navalny.

Amakuru yatanzwe na gereza uyu mugabo yari afungiyemo avuga ko Navalny yumvise atameze neza nyuma y’uko yatemberaga akumva atakaje ubwenge, hagahamagazwa imbagukiragutabara n’abaganga ngo bagerageze kumutabara ariko bikarangira apfuye.

Uyu munyapolitiki upfuye afite imyaka 47 y’amavuko yatawe muri yombi mu 2021 nyuma yo gushyira hanze icyegeranyo kigaragaza ko abayobozi bakomeye mu Burusiya barimo Putin “bibye igihugu” amafaranga menshi.

Yashinjwaga ibyaha bitandukanye birimo kubeshyera abayobozi, gusa ifungwa rye rikaba ryari ryaranamaganywe n’ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, byemeza ko azira kuba ari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Putin.

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul February 16, 2024 February 16, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Mbosso yajyanywe mu bitaro

February 12, 2025
Ikoranabuhanga

Emir wa Qatar yatanze u Rwanda ho umugabo w’uko Demokarasi Mvaburayi idakora hose

January 30, 2019
Imyidagaduro

Ubuyobozi bwa Kigali Protocal bwijeje abazitabira igitaramo cyo kwizihiza imyaka 5 bazanyurwa n’imitegurire yacyo

June 28, 2023
Andi makuru

Abazita abana b’ingagi amazina babanje kujya gusura imiryango bavukamo mu birunga

August 31, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Bebe Cool yaje I Kigali mu ibanga rikomeye

November 21, 2023
Imyidagaduro

Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo

September 14, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?