SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo
Imyidagaduro

Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/14 at 10:21 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma y’uko bamwe mu Barundi batishimiye akayabo The Ben azahakura, Big Fizzo yabwiye The Ben ko aje ku butaka bufite na nyirabwo adakwiye kwigira igitangaza.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku mazina ya The Ben ategerejwe mu gitaramo gikomeye azakorera mu Burundi ku wa 30 Nzeri 2023 ndetse na 01 ukwakira 2023.

Iki gitaramo The Ben yahawe Miliyoni zirenga 40 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo yemere gutaramira mu Burundi ku nshuro ye ya mbere.

Bamwe mu bahanzi n’abandi bafite aho bahuriye nabo  mu Burundi, ntabwo bigeze bishimira uburyo The Ben agiye guhabwa ayo mafaranga yose kandi n’ubundi hari abandi bahanzi mu Burundi bakomeye kandi batanga ibyo byishimo.

Mu butumwa umuhanzi Mugani Désiré w’imyaka 45 uzwi ku mazina ya Big Fizzo yanyujije ku rubuga rwa WhatsApp, yibukije The Ben ko uko byagenda kose akwiye kwibuka ko agace ajemo gafite ukayobora.

Big Fizzo yagize ati “Ngo The Ben agiye kuza mu Burundi koko?? Amenye ko aje mu gace gafite ba nyirako.”

Ibi Big Fizzo abitangaje nyuma y’igihe gito abandi barundi benshi bavuga ko umuziki wabo bawutesha agaciro ku bwo guha amafaranga y’umurengera The Ben kandi nabo ubwabo bashobora gutanga ibyo byishimo.

Nubwo ibyo byose bivugwa, The Ben n’umugore we  Pamella, bamaze kwemeza ko bazaba bari kumwe muri iki gitaramo, aho  mu buryo bwo kumureba hazinjira umugabo hagasiba undi

Big Fizzo yagize ati “Ngo The Ben agiye kuza mu Burundi koko?? Amenye ko aje mu gace gafite ba nyirako.”
The Ben yahawe Miliyoni zirenga 40 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo yemere gutaramira mu Burundi

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul September 14, 2023 September 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

KwamamazaUbukungu

Uruganda rwa Skol rwahaye Ferwacy Impano zirimo ibikoresho n’amagare (Amafoto)

December 22, 2023
Iyobokamana

Chorale Christus Regnat yahembuye imitima y’abitabiriye igitaramo cyabo (Amafoto)

November 20, 2023
Andi makuru

Umunyamakuru Manirakiza Théogène yasabiwe gufungwa iminisi 30 agateganyo

October 25, 2023
Andi makuru

Polisi yarashe Siborurema wari uvuye Iwawa ashaka gutema ushinzwe umutekano

March 11, 2025
Imyidagaduro

Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we

May 14, 2025
Imyidagaduro

Umuhanzi Costa Titch yaguye ku rubyiniro ahita yitaba Imana

March 13, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?