SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Bebe Cool yaje I Kigali mu ibanga rikomeye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Bebe Cool yaje I Kigali mu ibanga rikomeye
Imyidagaduro

Umuhanzi Bebe Cool yaje I Kigali mu ibanga rikomeye

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 21, 2023
Share
SHARE

Umuhanzi Moses Ssali uzwi nka  Bebe  Cool ni  mu bahanzi  bakomeye  muri gihugu cya  Uganda ndetse na hano mu karere  ari  mu Rwanda  aho yaje mu bikorwa  bye bwite .

Amakuru  atugeraho n’uko uyu muhanzi yageze  mu Rwanda  ku cyumweru tariki  ya  19  Ugushyingo  2023 aho bivugwa  ko  hari abahanzi nyarwanda  bari gukora ku mishinga  itandukanye ariko  ntago  bifuje gutangaza abo aribo .

Mu kiganiro na Dr Kintu Mohamed  uhagariye inyungu z’uyu muhanzi  muri ibi bihugu duturanye nka Drc n’Uburundi ndetse no mu Rwanda

Yagize ati “ Nibyo Rasta ari I Kigali  kuva ku cyumweru yaje mu bikorwa bitandukanye bye ariko nibishoboka hari indi mishinga tutabatangariza ubu nonaha  nihagira igikorwa tuzabamenyesha .

Uyu mugabo  umaze imyaka 26  mu muziki yatangiye  kuririmba muri  1997 aho yakoreraga umuziki mu gihugu cya Kenya ariko nyuma yahoo yaje  gusubira iwabo kw’Ivuko kugeza iki  gihe ni umwe mu nkingi za Mwamba mu muziki wa Uganda ,

Bebe Cool  ni umwe  mu bahanzi bo muri Uganda bafite  ibihembo byinshi   yagiye ahabwa mu bihe bitandukanye muri kiriya gihugu. ,kandi ntabwo ari mushya mu muziki w’u Rwanda kuko yakoranye indirimbo n’abahanzi barimo Charly na Nina iyo bise ‘I do’ na Alpha Rwirangira bakoranye iyitwa ‘Come to me’.

 

Umugore wa Ludacris Eudoxie Mbouguiengue yiyemeje kuzagarukana n’umugabo we mu Rwanda
Ibyamamare 10 bukirikirwa cyane muri Nigeria (Amafoto)
Imigabo Live concert n’igitaramo cyo gushimira Parezida Paul Kagame : Cyusa Ibrahim
Ariel Wayz yashimiye Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kumwereka ko yakunze album ye
Rihanna yabyaye umwana wa Kabiri
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Regler Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2025

February 25, 2025

Casino Levant Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Top Online Pokies And Casinos Au Real Money

February 25, 2025

Fastest Withdrawal Casino Australia

February 25, 2025

Royal Crown Slot

May 28, 2024

Zeus Casino Slot

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?