SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Evariste yongeye kuvugisha imbuga nkoranyambaga yigereranya na Yezu
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Evariste yongeye kuvugisha imbuga nkoranyambaga yigereranya na Yezu
Andi makuru

Perezida Evariste yongeye kuvugisha imbuga nkoranyambaga yigereranya na Yezu

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/19 at 9:04 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umugoroba  wo kuri  uyu wa 18 Mata 2025 wari uw’ ibyishimo byinshi  ku bakunzi b’ikipe ya  Arsenal  bo mu Rwanda ubwo  bakiraga  ku nshuro  ya Gatandatu  iserukiramuco ry’abafana b’iyo  kipe ikunzwe na abatari  bake kw’isi utibagiwe nabo  ku mugabane w’Afurika.

Ibi birori byabereye mu nzu  y’imyidagaduro izwi nka  Kigali Universe byitabiriwe  na abaturutse mu bihugu by’U Rwanda ,Kenya ,Uganda,Tanzania,Zambia na Ghana      .

Kuva kw’isaha ya saa  kumi n’imwe n’igice abatumirwa bari batangiye  kugera muri Kigali universe aho  byari byishimo byinshi cyane  byaranzwe n’ubusabane  binyuze mu muziki  mwiza cyane ndetse n’umusangiro hagati  yabo .

Nkuko  byari biteganyijwe  kw’isaha ya saa moya  n’igice  nibwo  umuhango nyiri izina  nibwo  Mc Shema Brian yatangije ibirori  maze nyuma yo kuririmba indirimbo y’ikipe y’abafana b’Arsenal yamagaje itorero mu rwego rwo  gushimisha abtumirwa no kubereka imbyino z’Umuco gakondo

Uyu muhango witabiriwe  n’abayobozi  batandukanye barangajwe imbere  na minisitiri w’ububanyi n’amahanga Bwana Olivier Nduhungirehe  na Rwego  Ngarambe Umunyamabanga wa Leta  muri  Minisiteri ya siporo  ndetse n’umuyobozi ushinzwe  ubukerarugendo muri RDB  Irene  Murerwa  ndeste na perezida w’abafana ba Arsenal Mu Rwanda Bwana Bigango Valentin  na bandi  benshi  .

Mu ijambo  rye  Bwana Bigango yashimiye  abafana ba Arsenal muri Afurika ndetse no muri Afurika ndetse n’abaterankunga benshi bagize uruhare bagize ngo iri serukiramuco ry’abafana  ba Arsenal muri Afurika  ku nshuro ya  Gatandatu .

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yasabye buri wese gukora igishoboka cyose ngo abakinnyi baturuka mu bihugu byabo bazavemo abakinira Arsenal.

Yagize ati “Turi abafana ba Arsenal baturuka mu bihugu bitandukanye muri Afurika, mureke twihe umukoro wo kuzakora igishoboka cyose ngo tuzabone abakinnyi bo mu bihugu byacu bakinira ikipe yacu nziza.”

Aba bafana kandi bazasura Urwibutso rwa Jenoside ruherereye i Ntarama mu Bugesera, aho bazanatanga inkunga ku kigo cya Aheza Healing and Career Center.

Si ibyo gusa kuko hateganyijwe na gahunda yo gutera ibiti bazifatanyamo na Orion BBC.
Hanateganyijwe kandi ibikorwa by’ubukerarugendo buzabera muri Kigali, aho bazasura Stade Amahoro, BK Arena n’ibindi bice.

Hazanaba kandi imikino itandukanye y’ubusabane, aho aba bafana bazanarebana hamwe umukino wa Arsenal na Ipswich Town, ku Cyumweru saa 15:00.

Iki gikorwa cyaherukaga kubera mu Rwanda mu 2018, kuri iyi nshuro cyitabiriwe n’ibihugu birenga 10 birimo u Rwanda, Ghana, Sudani y’Epfo, Nigeria, Kenya, Uganda, Zambia, u Burundi, Zimbabwe, Tanzania, Sierra Leone.

Abazitabira iri serukiramuco bazanarebera hamwe umukino wa Arsenal na Ipswich Town. Nubwo ari igikorwa cyateguwe n’abafana ba Arsenal, n’abandi bakunzi ba ruhago bazaba bemerewe kucyitabira.

 

You Might Also Like

Qatar igiye guha USA indege ya Boeing 747-8 izakoreshwa nka Air Force One

Umusirikare wa FARDC yinjiye mu rusengero arasa abarimo umwana w’amezi 4 bahasiga ubuzima

Perezida Ramaphosa yakuriye inzira abakeka ko afitanye ikibazo na Perezida Kagame

Bisi zikoresha amashanyarazi zatangiye kugeragezwa gutwara abagenzi mu Ntara

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatorewe kuba Papa Mushya afata izina rya Leon XIV

Nsanzabera Jean Paul April 19, 2025 April 19, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Bruce Melodie na manager we baguze imigabane muri UGB

January 18, 2024
Imyidagaduro

Yverry yahishuye uko gukorana indirimbo na Knowless ari ibya agaciro

October 5, 2023
Andi makuru

#Kwibuka31: Intumwa yihariye ya Donald Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

April 9, 2025
Imikino

Live :Tour du Rwanda Umwongereza Ethan Vernon ukinira Soudal-QuickStep, yongeye kwegukana agace ka Tour du Rwanda 2023, ( Amafoto )

February 20, 2023
Imyidagaduro

Tom Close agiye kwongera gukora alubumu zindi ziri mu cyongereza

March 5, 2025
Imikino

Mapinduzi Cup: Ikipe ya APR FC yasezerewe na Mlandege FC muri 1/2

January 10, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?