SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Kevin Montana yinjiye mu bushabitsi bwa Restaurant muri Musanze
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Kevin Montana yinjiye mu bushabitsi bwa Restaurant muri Musanze
Imyidagaduro

Umuhanzi Kevin Montana yinjiye mu bushabitsi bwa Restaurant muri Musanze

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/11 at 7:35 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi Gahima  Innocent Uzwi nka  Kevin Montana wamenyekanye mu bijyanye no gutembereza ba mukerarugendo hano  mu Rwanda akaba anazwi mu ndirimbo nka Sava tres Bien yakoranye Social Mula ndetse na Zamuka aheruka gushyira  hanze yinjie mu bushabitsi bwa Restaurant  mu mjyi wa Musanze .

Uyu mugabo ubusanzwe yari asanzwe afite Hotel  mu mujyi wa Musanze  y’inyenyeri  3 yitwa  Montana nayo  yinjiye muri  ubwo bushabitsi bwa Restaurant kugira ngo arusheho  gutanga serivise nziza mu bijyane kwakira abashyitsi muri uwo  mujyi wa Musanze.

Mu kiganiro  kigufi yagiranye n’umunyamakuru wacu ,yamutangarije ku mpamvu yatumye yumva  yashora imari ye mu bijyanye na restaurant mu mujyi wa  Musanze .yagize ati nashinze  iriya Restaurant kugira nkore ikinyuranyo n’izindi zo muri uwo mujyi aho izaba ifite umwihariko mu bijyanye n’amafunguro ya Kinyafurika ndetse nayo ku mugabane w’aziya aho hazaba hinganjemo ayo mu bushinwa akunzwe naba mukerarugendo basura ako karere.

Mu gashya Montana Restaurant izaba irusha izindi nuko ibiciro byaho bizaba biri hasi cyane ukurikije izindi Restaurant zo muri uwo mujyi ,ikindi  ni uko abanyeshuri biga  muri Kaminuza ziri mu mujyi wa Musanze  bashyiriweho Promotion ku mafunguro  yo muri Montana Restaurant aho uzajya yerekana Ikarita y’inshuri niba yariraga ibihumbi 5000 Frw  ho azajya arira ku 2500Frw .

Kevin Montana tumubajije  kukuba yaba agiye gushyira imbaraga nyinshi mu bushabitsi kurusha  izo ashyira mu muziki we ,yadusubijeko afite  iishinga myinshi cyane  n’abahanzi bakunzwe hano mu Rwanda akaba azabatangariza igihe zimwe mu ndirimbo zizatangira kujya hanze .

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 11, 2024 December 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Yverry yahishuye uko gukorana indirimbo na Knowless ari ibya agaciro

October 5, 2023
Andi makuru

U Rwanda n’Ububiligi byahagaritse amasezerano byari bifitanye

February 19, 2025
Imyidagaduro

Urupfu rwa Pastor Niyonshuti Theogéne rwashenguye benshi mu Rwanda

June 23, 2023
Imyidagaduro

Ikigo Nufashwa Yafasha kigiye gushimira abana bitwaye neza mu masomo yabo ku nshuro ya Kabiri

May 11, 2023
Imyidagaduro

Tyga na Avril Lavigne batandukanye nyuma y’amezi ane mu munyenga w’urukundo

June 21, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Costa Titch yaguye ku rubyiniro ahita yitaba Imana

March 13, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?