SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Kevin Montana yinjiye mu bushabitsi bwa Restaurant muri Musanze
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Kevin Montana yinjiye mu bushabitsi bwa Restaurant muri Musanze
Imyidagaduro

Umuhanzi Kevin Montana yinjiye mu bushabitsi bwa Restaurant muri Musanze

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 11, 2024
Share
SHARE

Umuhanzi Gahima  Innocent Uzwi nka  Kevin Montana wamenyekanye mu bijyanye no gutembereza ba mukerarugendo hano  mu Rwanda akaba anazwi mu ndirimbo nka Sava tres Bien yakoranye Social Mula ndetse na Zamuka aheruka gushyira  hanze yinjie mu bushabitsi bwa Restaurant  mu mjyi wa Musanze .

Uyu mugabo ubusanzwe yari asanzwe afite Hotel  mu mujyi wa Musanze  y’inyenyeri  3 yitwa  Montana nayo  yinjiye muri  ubwo bushabitsi bwa Restaurant kugira ngo arusheho  gutanga serivise nziza mu bijyane kwakira abashyitsi muri uwo  mujyi wa Musanze.

Mu kiganiro  kigufi yagiranye n’umunyamakuru wacu ,yamutangarije ku mpamvu yatumye yumva  yashora imari ye mu bijyanye na restaurant mu mujyi wa  Musanze .yagize ati nashinze  iriya Restaurant kugira nkore ikinyuranyo n’izindi zo muri uwo mujyi aho izaba ifite umwihariko mu bijyanye n’amafunguro ya Kinyafurika ndetse nayo ku mugabane w’aziya aho hazaba hinganjemo ayo mu bushinwa akunzwe naba mukerarugendo basura ako karere.

Mu gashya Montana Restaurant izaba irusha izindi nuko ibiciro byaho bizaba biri hasi cyane ukurikije izindi Restaurant zo muri uwo mujyi ,ikindi  ni uko abanyeshuri biga  muri Kaminuza ziri mu mujyi wa Musanze  bashyiriweho Promotion ku mafunguro  yo muri Montana Restaurant aho uzajya yerekana Ikarita y’inshuri niba yariraga ibihumbi 5000 Frw  ho azajya arira ku 2500Frw .

Kevin Montana tumubajije  kukuba yaba agiye gushyira imbaraga nyinshi mu bushabitsi kurusha  izo ashyira mu muziki we ,yadusubijeko afite  iishinga myinshi cyane  n’abahanzi bakunzwe hano mu Rwanda akaba azabatangariza igihe zimwe mu ndirimbo zizatangira kujya hanze .

 

 

Iserukiramuco rya Caravane du Rire rigiye kuba ku nshuro yaryo ya 3 rizitabirwa n’abanyarwenya mpuzamahanga
Ubuyobozi bwa Kigali Protocal bwijeje abazitabira igitaramo cyo kwizihiza imyaka 5 bazanyurwa n’imitegurire yacyo
Kitoko yatangaje ko agiye kugaruka gukorera ibikorwa bye  mu  Rwanda  
Massamba Intore nabo bazafatanya mu gitaramo cya 30/40 y’ubutore bijeje gutarama bigashyira kera
Chris Brown yaterewe muri yombi i Londres
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Online Blackjack Apps Ie 2023

July 17, 2020

Bonus Casino Games

May 28, 2024

Irish Electronic Casino Sites

May 28, 2024

Leprechaun S Gold Casino

February 25, 2025

Real Pokies Australia

February 25, 2025

Win Money Slots

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?