SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umutwe w’Inyeshyamba za FDLR urifuza umuhuza n’u Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umutwe w’Inyeshyamba za FDLR urifuza umuhuza n’u Rwanda
Andi makuru

Umutwe w’Inyeshyamba za FDLR urifuza umuhuza n’u Rwanda

Ahupa Radio
Last updated: 2024/12/09 at 12:11 PM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Umutwe w’Inyeshyamba za FDLR zasize zikoze Jenoside y’Abatutsi  muri 1994 mu Rwanda, wandikiye Perezida Lourenço wa Angola umusaba kuwukorera ubuhuza n’u Rwanda.

Aya makuru asa nk’ayatinze kujya hanze, kuko uyu mutwe wandikiye  ibaruwa Perezida wa Angola ku wa 22 Ukwakira 2024.

Kugeza ubu ntiharamenyekana  umwanzuro wa Perezia Lourenço, cyakoze Leta y’u Rwanda yakunze gusaba abagize FDLR gutahuka, ndetse kuva muri 2001 abarenga 12,000 bahoze muri uriya mutwe bamaze gutahuka basubizwa mu buzima busanzwe.

FDLR yasabye imishyikirano mu gihe u Rwanda na RDC byamaze kwemeranya kuri gahunda yo kuyisenya, n’ubwo u Rwanda rushidikanya ko Kinshasa izayishyira mu bikorwa bijyanye no kuba uyu mutwe usanzwe ufitanye imikoranire n’ingabo zayo.

Ni gahunda yateguwe n’impuguke za gisirikare z’ibihugu byombi, mbere yo guhabwa umugisha na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bamaze guhura inshuro esheshatu.

Ingingo yo gusenya FDLR byitezwe ko ishobora no kuzaganirwaho na ba Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo na Paul Kagame w’u Rwanda, ubwo ku wa 15 Ukuboza bazaba bahurira mu nama izabera i Luanda.

 

You Might Also Like

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Polisi y’igihugu yataye muri yombi abakekwaho ubujura 21 mu majyepfo

Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda

Ahupa Radio December 9, 2024 December 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Muyango yasubijwe mu bitaro

April 25, 2024
Imyidagaduro

Christopher yatumiwe mu gitaramo azahuriramo na Fik Fameica I Londres

May 24, 2023
Andi makuru

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yagiriye urugendo muri Israel

October 19, 2023
Utuntu n'utundi

Ifoto ya Kandida Perezid aha chance umwana muto ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

July 11, 2024
Andi makuru

“Nibambwira bati warakoze cyane imyaka ine, reka dushake undi nzababwira ngo murakoze cyane”Uwayezu Jean Fidèle.

January 16, 2024
TV Series

Ukraine igiye gukurikirana abateguye kamarampaka zo kwiyomeka ku Burusiya

January 30, 2019

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?