SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Christopher yatumiwe mu gitaramo azahuriramo na Fik Fameica I Londres
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Christopher yatumiwe mu gitaramo azahuriramo na Fik Fameica I Londres
Imyidagaduro

Christopher yatumiwe mu gitaramo azahuriramo na Fik Fameica I Londres

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 24, 2023
Share
SHARE

Nyuma yo kuzenguruka ibihugu bitandukanye by’i Burayi, Christopher yongeye gusubira kuri uyu mugabane aho agiye gutaramira i Londres mu gitaramo azahuriramo n’abahanzi bakomeye biganjemo abo muri Uganda.

Ni igitaramo gitegerejwe ku wa 27 Gicurasi 2023, aho uretse Christopher watumiwe, hazanataramira abandi bahanzi nka Sheila Gashumba, B2C, Fik Fameica, Rickman na Daddy Andre.

Itike ya make yo kwinjira muri iki gitaramo izaba ari amayero 35 (arenga ibihumbi 35Frw) mu gihe ameza y’abantu 10 azaba agura amayero 600.

Christopher yagaragaje amarangamutima menshi maze avuga ko yishimiye kwitabira iki gitaramo cyane ko yari amaze igihe abona ubusabe bw’abakunzi b’umuziki we bo mu Bwongereza, bamusaba kuzabataramira.

Ati “Hari abantu benshi bari bamaze igihe bansaba kuzabataramira mu Bwongereza, nibaza ko iki gitaramo ari igisubizo kuri bo, ndabasaba kuzitabira ari benshi tugataramana.”

Christopher agiye gutaramira mu Bwongereza nyuma yo kuva mu Bubiligi no mu Bufaransa, aho yakoreye ibitaramo mu minsi ishize.

 

 

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)
Ibihembo bya Salax Awards bigiye kwongera gutangwa
Nyiramana wamenyekanye muri Filime ‘Seburikoko’ yitabye Imana
Kigali Auto Show yongeye gusiga amateka ku bakunzi ba Moto n’imodoka sidasanzwe (Amafoto)
DJ Ira mu byishimo byinshi nyuma yo gutangira gufashwa guhabwa ubwenegihugu yemerewe na Perezida Kagame
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

The Borgata Casino App

May 28, 2024
Utuntu n'utundi

Guinée: Col Dadis Camara uherutse gutoroka gereza yasubijwemo

November 6, 2023

Gambling Sports Sites

May 28, 2024

Mecca Sign Up Bonus

May 28, 2024
Iyobokamana

Aime Uwimana na Prosper Nkomezi batumiwe mu gitaramo cya Cross Over 2024 cyateguwe na Zion Temple

December 21, 2023

Are There Pokies In Australia

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?