SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ifoto ya Kandida Perezid aha chance umwana muto ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Ifoto ya Kandida Perezid aha chance umwana muto ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Utuntu n'utundi

Ifoto ya Kandida Perezid aha chance umwana muto ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/11 at 3:04 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ibikorwa byo kwiyamamaza by’umuryango wa FPR-Inkotanyi ku mwanya w’umukuru w’igihugu byakomereje i Gakenke aho Kandida Perezida Paul Kagame yaramukanyije n’umwana uri mu kigero cy’imyaka 3 y’amavuko, bizamura ibyishimo bya benshi.

Umukandida wa FPR-Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, usanzwe ari no mu nshingano nka Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, kuri uyu wa Kane tariki 11 Nyakanga 2024 yiyamamarije mu Karere ka Gakenke.

Ubwo yaramukanyaga n’abitabiriye iki gikorwa, yongeye gushimangira ingingo ikunze kugarukwaho na benshi ko ari umuntu ureba kure akabona n’ibyo abandi batabona mu gihe cyihuse.

Agana mu byicaro yari yateguriwe, yarebye nko muri metero 15 abona umwana wari uteruwe n’umubyeyi we, washakaga cyane kumusuhuza. Yahise yerekeza muri icyo gice maze asuhuzanya n’uyu mwana igipfunsi ku kindi, ibizwi nko ‘guhana censi’.

Yanasuhuje umubyeyi w’uyu mwana, amarangamutima azamuka ku mubyeyi n’abari kumwe na we. Ni ifoto yahise ihererekanwa byo hejuru ku mbuga nkoranyambaga, abantu bavuga ko ari iy’amateka kuko umwana n’umubyeyi batazibagirwa.

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul July 11, 2024 July 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yatawe muri yombi

October 16, 2023
Utuntu n'utundi

Umunyarwanda Nkubito wabaga mu gisirikare cya Canada yitabye Imana

July 18, 2024
Andi makuru

Abashinwa bahishuye ko biteguye guhangana n’amerika igihe icyo aricyo cyose

March 6, 2025
Iyobokamana

Rose Muhando yahishuye ko Afata u Rwanda nko mu rugo ha kabiri

February 12, 2024
Imikino

Basketball: REG WBBC yageze muri ½ cy’Imikino Nyafurika !

December 17, 2023
Imikino

Amatora ya Perezida wa Ferwafa ateganyijwe muri Kamena

April 26, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?