Mu ijoro ryo kuri uyu wa 01 Ugushyingo 2024, i Kigali muri Mundi Center habereye ibirori byo kumurika imideli ku nshuro ya Kabiri bizwi nka The Stage Fashion Showcase.
Ku nshuro ya Mbere, ibi birori byabaye ku itariki 14 Ukwakira 2023 aho byabereye muri Kigali Marriot Hotel.
Ibirori byo mu ijoro ryakeye byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye mu myidagaduro y’u Rwanda nK’abahanzi barimo Bwiza watangaje ko uru rwego rw’imideli rukwiye gushyingikirwa, n’abandi barimo Davis D.














Umunyamakuru Martina Abera wa RBA ubwo yatambukaga ku itapi y’umutuku
Bwiza ni uku yitabiriye ibirori bya ‘The Stage Fashion Showcase’
DJ Lamper ni uku yaserutse ku itapi y’umutuku


Isimbi Model n’umugabo we ni uku bari baserutse




Bwiza yaserutse mu ikanzu nziza
Franco uri mu bamaze imyaka myinshi mu byo kumurika imideli yari yitabiriye ‘The Stage Fashion Showcase‘



Isimbi Model yanyuzagamo agafatana amafoto y’urwibutso n’umugabo we
Belyse Gacukuzi yageze ahabereye ibi birori afite akanyamuneza
Umuhanzikazi Boukuru yasusurukije abitabiriye ibi birori
Boukuru yashimishije abakunzi b’umuziki we bari bitabiriye ibi birori
Si abato gusa kuko n’ababyeyi bari bagiye kubashyigikira

Hamuritswe imyenda itandukanye




AMAFOTO :IGIHE