SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Zari Hassan yanenze aho bakirira abashyitsi mu kibuga cy’indege cya Entebbe.
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Zari Hassan yanenze aho bakirira abashyitsi mu kibuga cy’indege cya Entebbe.
Imyidagaduro

Zari Hassan yanenze aho bakirira abashyitsi mu kibuga cy’indege cya Entebbe.

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/17 at 10:11 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Zari Hassan, yagaragaje ko atishimiye imiterere y’intebe n’ibikoresho biri mu myanya y’icyubahiro ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Entebbe.

Mu mashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, Zari yagaragaje ko yababajwe n’intebe zishaje kandi zisa nabi zikoreshwa kuri iki kibuga.

Uyu mugore w’umuherwekazi akaba n’umunyamideli, yabajije ukuntu ibikoresho bishaje nk’ibyo bishobora gukomeza gukoreshwa ahantu hagenewe gutanga serivisi ku bagenzi biyubashye (Business Class).

Amashusho ye yagaragaje intebe zisa n’izimaze igihe kinini ndetse siza nabi, avuga ko ibi bidahesha isura nziza Uganda mu bijyanye no kwakira abashyitsi mpuzamahanga.

Ibitekerezo bya Zari byazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga, bamwe mu Banya-Uganda bamushyigikiye basaba ko hakorwa ivugurura kuri icyo kibuga, mu gihe abandi bavuze ko imiterere y’iyi myanya y’icyubahiro kuri Entebbe, imeze neza.

Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Entebbe niyo nzira nyamukuru yinjiza abantu benshi bava cyangwa bajya muri Uganda.

Zari The Boss Lady akunze gukoresha cya eikibuga cy’indege cya Entebbe
Imiterere y’intebe n’ibikoresho biri mu myanya y’icyubahiro ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Entebbe ikomeje kutavugwaho rumwe na benshi

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul April 17, 2025 April 17, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Abashinwa bahishuye ko biteguye guhangana n’amerika igihe icyo aricyo cyose

March 6, 2025
Imyidagaduro

Britney Spears yasabwe gatanya nyuma y’Amezi 14 arushinze na Sam Asghari

August 17, 2023
Imyidagaduro

Shaggy yatangaje byinshi kugukorana indirimbo na Bruce Melodie

October 28, 2023
Andi makuru

Imirambo 14 y’abasirikare ba SANDF baguye muri DRC yacyuwe iciye ku butaka bw’U Rwanda

February 7, 2025
Andi makuru

Umuramyi Emmy yongeye gushimira mu ndirimbo ye nshya yise ku birenge bya Yesu (Video)

November 20, 2024
Imyidagaduro

Manick Yani Yishimiye gukorana na King James

January 21, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?