SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Dr Alfred Paul Jahn wamenyekanye nka Mon ami yitabye Imana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubuzima > Dr Alfred Paul Jahn wamenyekanye nka Mon ami yitabye Imana
Ubuzima

Dr Alfred Paul Jahn wamenyekanye nka Mon ami yitabye Imana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/12 at 10:41 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuganga w’Umudage  Dr Alfred  Paul Jahn wameneykanye nka Mona amie  wari warihebeye  ibikorwa byo  gufasha abatishoboye mu myaka 27 hano mu  Rwanda yitabye Imana azize uburwayi ku myaka 87

Uyu  mugabo yashinze umuryango  Dr  Alfred Paul Jahn Foundation wafashije benshi mu rubyiruko mu mujyi wa Kigali gusubira  mu buzima  busanzwe nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 aho yitangaga  mu kubashakira aho baba  ibyo barya  ,amafaranga y’ishuri ni bindi bikorwa by;urukundo byinshi byatumye akundwa  n’abanyarwanda nawe  yiyemeze kwibera umunyarwanda kugeza ku munsi we  wa nyuma mu buzima .

Dr  Alfred Paul Jahn mu minsi ishize ubwo yari  yasuye abaturage bo mu murenge wa Kigali abashyiriye  impano zirimo ibyo kurya ndetse  n’ibikoresho by’inshuri ndetse n’imyambaro yagize yabasabye ko yifuza ko yazashyingurwa iruhande rwabo adashaka kujya gushyingurwa  iwabo mu budage .

Mu butumwa uyu nyakwigendera yahaye  Uwimana Fidele  uyubora  umuryango nyakwigendera  Dr  Alfred Paul Jahn yashize   witwa  Dr  Alfred Paul Jahn Foundation akaba n’umwe mu mfura zabanye nawe imyaka yose amaze mu yamusabye ko yamubwirira inshuti ze ko umunsi azaba yitabye Imana nta muntu wazazana indabyo mu muhango wo kumushyingura ahubwo bazayakoresha mu bikorwa bibafitiye akamaro mu buzima bwa buri munsi .

Icyo gihe abaturage ba Rwesero  bamweretse ko bakifuza kugumana nabo kandi bifuza ko Imana yakomeza kumurinda indi myaka ariko byari bimeze nkaho yarari kubasezeraho bwa Nyuma .

Dr  Alfred Paul Jahn yageze mu Rwanda 1997 yavutse tariki ya  16 Mata 1937 mu budage yakoze mu bikorwa byinshi by’ubuvuzi hano  mu Rwanda

Mu itangazo Ubuyobozi wa Dr  Alfred Paul Jahn Foundation bwashyize  hanze bwatangaje  ko  Itariki n’igihe cyo  kumushyingura bizatangazwa mu minsi iri imbere  .Imana Imuhe Iruhuko ridashira

 

You Might Also Like

Mu Rwanda hafunguwe uruganda rukora Inshinge zo kwa Muganga

1000 Hills Events na NCDP batanze ibihembo kubagize uruhare mu guteza imbere abamugaye

Kudasinzira bigabanya ubushake bwo gutera akabariro

Menya byinshi ku gisasu cya Oreshnik cyihuta kurusha ijwi

Minisiteri y’Ubuzima yashyizeho amabwiriza yo kwirinda Marburg kubakora ingendo

Nsanzabera Jean Paul June 12, 2024 June 12, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Tom Close, Nel Ngabo na Bushali banyuze abitabiriye igitaramo cya ‘Isango na Muzika Awards Tour’I Huye

December 2, 2023
Imyidagaduro

Bitunguranye Zari The Boss Lady yatumiye Tanasha Donna mu gitaramo azakorera I Kampala

December 11, 2023
Andi makuruIyobokamana

Vatican yatangaje umunsi Papa Francis azashyingurirwaho

April 22, 2025
Imyidagaduro

John Legend utegerejwe na benshi yasesekaye I Kigali (Amafoto)

February 21, 2025
Andi makuru

Inteko rusange ya 26 y’Umuryango EAPCCO izabera i Kigali

January 13, 2025
Imyidagaduro

West nyiri El Classico Beach aranyomoza amakuru ari kugenda avugwa ko atazongera gutegura ibitaramo .

May 31, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?