SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Annie Eto’o umukobwa wa Samuel Eto’o yamujyane mu nkiko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Annie Eto’o umukobwa wa Samuel Eto’o yamujyane mu nkiko
Imikino

Annie Eto’o umukobwa wa Samuel Eto’o yamujyane mu nkiko

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/12/21 at 12:17 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umukobwa mukuru wa Samuel Eto’o uyobora Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroun, Annie Eto’o, yajyanye se mu nkiko nyuma yo kugaragaza ko yanze kumurera kandi ari umwana we.

Annie w’imyaka 21 yatangiye kurega umubyeyi we agendeye ku bisubizo bya ADN byagaragaje ko ari we Se.

Uyu mwana w’umukobwa yabyawe n’umugore w’Umutaliyani, Anna Maria Barranca, waryamanye na Samuel Eto’o. Kuva uyu mwana avutse, ntabwo uyu munyabigwi muri ruhago yigeze amwitaho kuko yumvaga ko atari uwe.

Mu 2015 ni bwo byemejwe ko uyu mwana ari uwa Eto’o kuko byagaragajwe n’ibipimo byo kwa muganga byafashwe icyo gihe.

Icyo gihe yahise ategekwa gutanga angana na 8600£ nk’indezo no kugira ngo iki cyaha cyo kwanga kurera uwo yabyaye kimuveho. Ayo mafaranga yarayatanze ariko ahagarika gutanga ibindi byose byagendaga ku mwana.

Ikirego kuri icyo cyaha cyagejejwe mu bushinjacyaha bwo mu Mujyi wa Milan aregwa kutuzuza inshingano zo gutunga umuryango we. Annie yasabye ko se agomba guhora yuzuza nshingano mu rugo rwe.

Uyu mwana w’umukobwa abana na Nyina gusa ndetse akaba anagaragaza ko hari ikibazo cy’ihungabana yagize kubera ko atigeze abona Se umubyara hafi ye no kubaho mu bukene.

Samuel Eto’o wakiniye Ikipe y’Igihugu ya Cameroun, yanyuze mu makipe akomeye arimo Chelsea, Everton, FC Barcelona, Real Madrid, Inter Milan n’andi yo hanze ya Afurika.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul December 21, 2023 December 21, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Nyuma ya Bahati Makaca Miss Queen Kalimpinya nawe yabatijwe na Apôtre Alice Mignone Kabera

May 30, 2023
Andi makuru

#Kwibuka 31 :Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere

April 8, 2025
Andi makuru

Dosiye ya Salongo yashyikirijwe ubushinjacyaha

November 7, 2024
Imyidagaduro

P Diddy ibye bikomeje gusubira irudubi yatawe muri yombi

September 17, 2024
Imikino

Umubyeyi wa Luis Díaz wari warashimuswe yarekuwe

November 9, 2023
Imyidagaduro

Igitaramo cya Jose Chameleon i kigali cyasubitswe

December 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?