SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Annie Eto’o umukobwa wa Samuel Eto’o yamujyane mu nkiko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Annie Eto’o umukobwa wa Samuel Eto’o yamujyane mu nkiko
Imikino

Annie Eto’o umukobwa wa Samuel Eto’o yamujyane mu nkiko

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 21, 2023
Share
SHARE

Umukobwa mukuru wa Samuel Eto’o uyobora Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroun, Annie Eto’o, yajyanye se mu nkiko nyuma yo kugaragaza ko yanze kumurera kandi ari umwana we.

Annie w’imyaka 21 yatangiye kurega umubyeyi we agendeye ku bisubizo bya ADN byagaragaje ko ari we Se.

Uyu mwana w’umukobwa yabyawe n’umugore w’Umutaliyani, Anna Maria Barranca, waryamanye na Samuel Eto’o. Kuva uyu mwana avutse, ntabwo uyu munyabigwi muri ruhago yigeze amwitaho kuko yumvaga ko atari uwe.

Mu 2015 ni bwo byemejwe ko uyu mwana ari uwa Eto’o kuko byagaragajwe n’ibipimo byo kwa muganga byafashwe icyo gihe.

Icyo gihe yahise ategekwa gutanga angana na 8600£ nk’indezo no kugira ngo iki cyaha cyo kwanga kurera uwo yabyaye kimuveho. Ayo mafaranga yarayatanze ariko ahagarika gutanga ibindi byose byagendaga ku mwana.

Ikirego kuri icyo cyaha cyagejejwe mu bushinjacyaha bwo mu Mujyi wa Milan aregwa kutuzuza inshingano zo gutunga umuryango we. Annie yasabye ko se agomba guhora yuzuza nshingano mu rugo rwe.

Uyu mwana w’umukobwa abana na Nyina gusa ndetse akaba anagaragaza ko hari ikibazo cy’ihungabana yagize kubera ko atigeze abona Se umubyara hafi ye no kubaho mu bukene.

Samuel Eto’o wakiniye Ikipe y’Igihugu ya Cameroun, yanyuze mu makipe akomeye arimo Chelsea, Everton, FC Barcelona, Real Madrid, Inter Milan n’andi yo hanze ya Afurika.

Perezida Kagame yashimiye Masai Ujili uruhare agira mu guteza imbere urubyiruko abinyujije muri Giants Of Africa
Sitball 2023/24: Musanze na Karongi zegukanye Shampiyona
Amavubi yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Lesotho igitego 1 cya Jojea
“Ibaruwa ya Perezida wa Gasogi [United], KNC asezera twayibonye”- Kalisa Adolphe ’Camarade
Ravel Maxwell Ndjoumekou arifuzwa n’ikipe ya Etincelles FC!
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Bellagio Online Casino

February 25, 2025

Amazingbet Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024
Andi makuru

El Classico Beach yateguriye abanyarubavu igitaramo  cyo kwizihiza umunsi mukuru wa Eid al-Fitr 

April 17, 2023

Slots No Deposit Bonus Ie 2023

May 28, 2024

Cadola Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2025

February 25, 2025
Imyidagaduro

Tanzania Umuhanzi Nezo B yishwe n’umugore

June 22, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?