SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo
Imyidagaduro

Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/14 at 10:21 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma y’uko bamwe mu Barundi batishimiye akayabo The Ben azahakura, Big Fizzo yabwiye The Ben ko aje ku butaka bufite na nyirabwo adakwiye kwigira igitangaza.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku mazina ya The Ben ategerejwe mu gitaramo gikomeye azakorera mu Burundi ku wa 30 Nzeri 2023 ndetse na 01 ukwakira 2023.

Iki gitaramo The Ben yahawe Miliyoni zirenga 40 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo yemere gutaramira mu Burundi ku nshuro ye ya mbere.

Bamwe mu bahanzi n’abandi bafite aho bahuriye nabo  mu Burundi, ntabwo bigeze bishimira uburyo The Ben agiye guhabwa ayo mafaranga yose kandi n’ubundi hari abandi bahanzi mu Burundi bakomeye kandi batanga ibyo byishimo.

Mu butumwa umuhanzi Mugani Désiré w’imyaka 45 uzwi ku mazina ya Big Fizzo yanyujije ku rubuga rwa WhatsApp, yibukije The Ben ko uko byagenda kose akwiye kwibuka ko agace ajemo gafite ukayobora.

Big Fizzo yagize ati “Ngo The Ben agiye kuza mu Burundi koko?? Amenye ko aje mu gace gafite ba nyirako.”

Ibi Big Fizzo abitangaje nyuma y’igihe gito abandi barundi benshi bavuga ko umuziki wabo bawutesha agaciro ku bwo guha amafaranga y’umurengera The Ben kandi nabo ubwabo bashobora gutanga ibyo byishimo.

Nubwo ibyo byose bivugwa, The Ben n’umugore we  Pamella, bamaze kwemeza ko bazaba bari kumwe muri iki gitaramo, aho  mu buryo bwo kumureba hazinjira umugabo hagasiba undi

Big Fizzo yagize ati “Ngo The Ben agiye kuza mu Burundi koko?? Amenye ko aje mu gace gafite ba nyirako.”
The Ben yahawe Miliyoni zirenga 40 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo yemere gutaramira mu Burundi

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul September 14, 2023 September 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Perezida Ruto yashyize ava kw’izima kukwemeza itegeko rigena ingengo y’imari

June 26, 2024
Utuntu n'utundi

Karongi: Impanuka y’imodoka yahitanye abantu babiri

November 4, 2023
Imikino

Myugariro wa Arsenal Jurriën David Norman Timber ari mu Rwanda

December 14, 2023
Imyidagaduro

Ibyishimo by’umunyamideli Sonia Mugabo wambitse abakomeye barimo Perezida Kagame mu bikorwa byo kwiyamamaza (Amafoto )

July 18, 2024
Andi makuru

Perezida Zelensky yahishuye ko nta matora azaba igihugu cyiri mu ntambara

November 20, 2024
Imyidagaduro

Sintex yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we uba muri Canada

August 24, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?