SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ubwiherero Jay z na Beyonce bakoresheje muri 2015 bwashyize muri cyamunara
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ubwiherero Jay z na Beyonce bakoresheje muri 2015 bwashyize muri cyamunara
Imyidagaduro

Ubwiherero Jay z na Beyonce bakoresheje muri 2015 bwashyize muri cyamunara

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: June 23, 2023
Share
SHARE

Isoko ryo  kuri murandasi rimaze  kumenyakana cyane  mu kugurisha ibikoresbo bimwe  na bimwe byakoreshejwe n’ibyamamare ndetse abandi bantu bakomeye kw’isi rizwi nka Ebay  ryashyize  kw’isoko umusarane wakoreshejwe n’ibyamamare Jay Z na Beyonce  ku gaciro k’amadorali 2700.

Ubu bwiherero bashizwe kw’isoko ryo kuri murandasi rya Ebay  risanzwe rizwiho kugurisha ibintu bwashyize ubwo bwiherero kw’isoko  nyuma y’uko  umugabo  ufte kompanyi yitwa  eric’s Architectural Salvage iziwe cyane  muri amerika mu kubaka no gutaka amazu meza muri icyo gihugu  afashe icyemezo cyo kubugurish nyuam y’imyaka myinshi ibyamamare  Beyonce  na Jay-z bimutse mu nzu  babagamo mu mwaka wa 2015 .

Uyu  mugabo  yavuze kandi ko mbere yo  gushyira ku isoko ubwo bwiherero nyuma yo kuurisha imwe  mu bikoresho byabaga muri iyo nzu gusa akaba yashyize ubwo bwiherero ku iciro kiri hejur cyane  kubera bwakoreshejwe n’ibyamamare  .

Yagize ati  bwa mbere  Jay-Z na Beyonce baza kureba iyo nzu bwa mbere Beonce yakunze ubwo bwiherero kuko yari yaravuze ko ashaka inzu  ifite ubwiherero n’ubwogero bwiza  cyane .

Amakuru dukesha  TMZ  ni uko   ubwo bwiherereo ari bwiza cyane bikab aribyo byatumye  babushyira ku giciro kiri hejuru cyane  kuko bufite ibikoresho  bimwe bikzwe muri Zahabu nka Robine n’ibindi byinshi cyane .

Ikindi  cyatumye ubwo bwiherero  buhenda cyane ni uko bwakoreshjwe nibyo byamamare bizwiho mu kuba bifite akayabo kama miliyari y’amadorali kandi bizwiho gutura mu nzu z’akataboneka muri amerika .

Niragire Marie France yatorewe kuyobora Rwanda Film Federation
Knowless yashimangiye ko agarukanye ingufu nyuma yo kwibaruka umwana wa 3
Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar
Umuhanzi Rosh Knight yinjiranye muri Sinema n’Umugore bashyira hanze iyo bise Woman’s Heart (Yirebe )
Umunyarwenya Samia Orosemane yageze I Kigali
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Slotsuk Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

Thebes Casino Sign Up

May 28, 2024

$5 Deposit Casino New Australia

September 5, 2023

What Are The Best No Deposit Casino Card Games Available In Ireland

May 28, 2024

How To Get Free Money On Online Pokies

May 28, 2024

Mecca Games Sign Up Offer

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?