SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nyuma y’igihe kirekire Bahati Makaca atifuza ko umugore we amenyekana amafoto ye yageze hanze
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Nyuma y’igihe kirekire Bahati Makaca atifuza ko umugore we amenyekana amafoto ye yageze hanze
Imyidagaduro

Nyuma y’igihe kirekire Bahati Makaca atifuza ko umugore we amenyekana amafoto ye yageze hanze

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/06/14 at 10:48 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umwaka n’amezi atandatu birihitse, umunyamuziki Bahati wahoze mu itsinda rya Just Family atangaje ko yambitse impeta umukunzi we Cecile Unyuzimfura.

Icyo gihe hari tariki 27 Ukuboza 2021. Yasohoye amafoto amugaragaza ashinga ivi akambika impeta, ariko yagaragaje intoki z’uyu mukobwa.

Bahati yigeze gutangariza umunyamakuru wacu ko umuhango wo kwambika impeta uyu mukobwa wabereye muri Kenya mu nyanja y’Abahinde. Ariko icyo gihe, yirinze kugaragaza isura y’uyu mukobwa.

Kuva icyo gihe ntawigeze aca iryera uyu mukobwa usanzwe ufite ubwenegihugu bwa Canada, ndetse hari amakuru avuga ko Bahati azahita amusangayo.

Ku mbuga nkoranyambaga za Bahati ntiwashoboraga kubona uyu mukobwa.

Gusa amwe mu amafoto yagiye bigaragara ko yafashwe mu bihe bitandukanye Bahati ari kumwe n’umukunzi we Cecile Unyuzimfura, ubwo bari mu biruhuko I Mombasa muri Kenya

Ni amafoto agaragaza akanyamuneza hagati y’aba bombi, batemberera ku mazi n’ibindi bikorwa kenshi bisiga urwibutso hagati y’abakundana.

Bahati aherutse kugaragaza ko tariki 5 Kanama 2023 aribwo azakora ubukwe mu muhango uzabera kuri Saint Paul mu Mujyi wa Kigali.

Ni mu gihe gusaba no gukwa bizaba tariki 29 Nyakanga 2023, mu birori bizabera kuri Prime Garden. Ati “Kuza kwanyu ni inkunga ikomeye cyane.”

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul June 14, 2023 June 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Pasteur Mr Ebonyi wo muri Nigeria arashinjwa ubwambuzi bwa Miliyari 1 Frw

February 7, 2024
Andi makuru

Jimmy Carter wabaye Perezida w’Amerika yitabye Imana

December 30, 2024
Andi makuru

Umunyarwenya Steve Harvey yakiriwe mu biro na Perezida Paul Kagame

November 20, 2024
Andi makuru

1000 Hills Event igiye kwongera guhemba abagore bahize abandi mu buyobozi n’ubushabitsi

January 28, 2023
Imyidagaduro

Producer Phatom uri mu bakomeye muri Afurika ari gukora ku mishinga ya Bwiza

July 19, 2024
Andi makuru

Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal

March 22, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?