SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Itsinda Kigali Boss Babes rikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Itsinda Kigali Boss Babes rikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Imyidagaduro

Itsinda Kigali Boss Babes rikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/18 at 11:14 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Kuri uyu wa mbere nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y’abagore batandatu b’ikimero bibumbiye mu itsinda bise Kigali Boss Babes bisobanuye ko ari abagore beza kandi bakize.

Aya mashusho yabagaragaje bose baparika amamodoka yabo aho baroshokeye ndetse bananywa za shampanye zihenze, bimwe bita ku Isi.

Aba ba boss babes ni ashema Sylvie, Queen Douce, Christella, Camille Yvette, Isimbi Model na Alliah Cool.

Aba bagore benshi bazwi mu bijyanye na sinema, kumurika imideli no kujya mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye, gusa bamwe bafite ibindi bikorwa by’ubucuruzi butandukanye bakora.

Ni abantu bibera mu buzima buhenze, bakunze gutembera mu bihugu bitandukanye, batuye mu mazu ahenze i Kigali.

Nka Alliah Cool aherutse gutaha inzu ye bwite igeretse yubakishijwe amafaranga asaga miliyoni 500 nk’uko bivugwa. Isimbi Model yashakanye n’umugabo w’umushoramari w’umunyamahanga, batuye mu nzu zihenze zo mu mudugudu wa Vision City.

Imbuga nkoranyambaga ejo hashize ziriwe zashyushye kubera aba bagore bemeza ko ari abakire. Bamwe bati ‘ayo mafaranga bayakuyehe ngo natwe tuzashakireyo, abandi bati ‘iryo ni ishyari.’

Hari bamwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter bavuze ko aba bagore bashobora gukora ikiganiro mpamo (Reality TV Show) ndetse ko cyarebwa cyane.

Nubwo  bikomejekuvugw ako bazakora icyo kiganiro  muri iki gitondo abao bakobwa  batangaje ko umushinga wabo w’icyo kiganiro  uzatangira vuba cyane ukaba  uzakorwa na  Ajalaja Stanley, umuhanga mu gutegura no gutunganya sinema ukomoka muri Nigeria ufite ikigo gikora sinema kizwi nka ’Superstanfame’ bikaba biteganyijwe ko  ikiganiro cyabo cya mbere kizajya hanze  muri Kamena 2023,

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 18, 2023 April 18, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Itorero Urukerereza ryataramiye mu iserukiramuco riri kubera muri Ethiopia

March 24, 2025
Andi makuru

Umwamikazi wa Danemark yatangaje ko agiye kwegura ku ngoma

January 2, 2024
Imyidagaduro

Ifoto ya Knowless ya mbere yuko abyara ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

March 18, 2023
Andi makuru

Aba Tanzania ntibavuga rumw ku kibumbano cya Tanzania cyashyizwe ku kicaro cya AU

February 19, 2024
Imyidagaduro

Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap

November 27, 2024
Utuntu n'utundi

Umunyarwanda Nkubito wabaga mu gisirikare cya Canada yitabye Imana

July 18, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?