SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap
Imyidagaduro

Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 27, 2024
Share
SHARE

Mu mezi make ashize  nibwo mu Rwanda  habaye ikintu  kitari cyimenyerewe na  benshi aho  abaraperi  babiri bubatse amazina  mu Rwanda  Riderman  na Bull Dogg  bahurije abaraperi bakomeye mu gitaramo bise  Igitabo cy’amategeko cyabaye  muri Kanama  ibintu  byishimiwe na benshi cyane  mu bakunzi b’Iyo  njyana .

Nyuma y’icyo  gitaramo abakunzi ba muzika bakomeje gusaba ko  habaho ikindi gitaramo nk’icyo  kuri ubu abakunzi ba Hip  Hop bashyizwe igorora  kuko bateguriwe  ikindi gitaramo nkiko cyiswe  Icyumba cya Rap kizaba tariki ya 27 Ukuboza 2024 kuri Canal Olympia kw’I Rebero  kizaba gifite umwihariko wo gutumirwamo abaraperi barenga 15 bose  bakunzwe kandi  akenshi uzanga  badahuza  cyane kubera  indirimbo zabo .

Kimwe  mu byitezwe  muri icyo gitaramo ni ukubona abasore babiri bakomeje  kwerekana ubuhanga mu njyana ya  Rap bahurira ku  rubyiniro muri abo harimo  Zeo Trap na  Ish Kevin bamaze  iminsi badacana uwaca  mu ndirimbo zabo zuzuye ukutumvikana   byanatumye bose  batumwaho  n’Urwego rw’ubushinjacyaha bakagirwa  inama zo kudakoresha amagambo asesereza

Biteganyijwe ko  iki gitaramo kizitabirwa n’abaraperi  bakomeye mu Rwanda  barimo Riderman,Bull Dogg ,P Fla,Bushali,B Threy ,Zeo Trap , Ish Kevin ,Tuff  Gang ,Jay C ,Kid From Kigali  na bandi benshi bataratangazwa na  Sosiyete iri gutegura icyo gitaramo ariko ikaba  yatwijeje ko mu minsi ya vuba bazabatangaza nabo .

Imbuto Foundation yahembye abahize abandi mu irushanwa rya ArtRwanda-Ubuhanzi
Teta Diana na Jules Sentore banyuze imitima yabitabiriye igitaramo bakoreye muri Suede
Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam
Abanyarwenya Doctall Kingsley, Josh2Funny na Phronesis MCA Tricky Sundiata basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Bwiza yishimiye guhura na Miss Jojo yakunze akunda
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The Payment Methods Accepted By Virtual Casinos In Ireland

November 10, 2017

Slot Machines Machine Tips Ireland

July 26, 2017
Andi makuru

Amashimwe menshi ya Dj Brianne nyuma yo gupimwa ibiyobyabwenge

January 21, 2025

Fair And Go Casino

May 28, 2024

Best Gambling App Australia

February 25, 2025

Choosing Your Live Dealer Online Casino In Ireland

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?