SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe
Imyidagaduro

Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/06 at 10:03 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma yo kugaragara mu cyumba aryamanye n’inkumi agakingirizo kari hafi y’amaguru ye, Davis D yashyize hanze udukingirizo twe yise “D Protection” mu rwego rwo gufasha abakundana n’abashakanye kujya bikingira mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu kiganiro yagiranye na Ahupa Visual Radio  Davis D yavuze ko yasohoye utu dukingirizo mu rwego rwo gufasha urubyiruko cyane ko ari rwo rwugarijwe, kwirinda inda zitateganyijwe no kwirinda SIDA muri rusange

Yagize ati: ’’Nk’umuhanzi kandi w’urubyiruko nifuje gutanga umusanzu wanjye ku rubyiruko benshi badukurikirana, icyo nagiraga ngo mbashishikarize ni ukwirinda SIDA cyane ko ari cyo kibazo cyugarije urubyiruko cyane. Ndetse no kwirinda izindi ndwara zibonekera mu mibonano mpuzabitsina n’inda zitateganyije.

Uruhare rwanjye rero kuri utu dukingirizo twa “D Protection” ni ugushishikariza urubyiruko kwirinda mbashishikariza kwikingira. Rero kugira ngo babyumve neza nabakoreye agakingirizo kanjye.

Rero benshi bakunda Davis D n’ibihangano byanjye bagakoresha ndetse banishimira ko bari gukoresha agakingirizo k’umuhanzi wabo bakunda.’’

Davis D yavuze o ubu utu dukingirizo tutarajya ku isoko, gusa bari gushaka uko badukwirakwiza mu gihugu. Yavuze kandi ko vuba abantu bari bumenye ibiciro byatwo n’aho badusanga n’ubwo yaciye amarenga ko igiciro ari igisanzwe.

Utu dukingirizo dusohotse nyuma y’uko uyu muhanzi agaragaye mu cyumba n’inkumi yavugishije abatari bake ubwo yari yicaye ndetse anaryamye mu bihe bitandukanye, impande ye hagaragara agakingirizo kakoreshejwe.

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul January 6, 2023 January 6, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Gen Mubaraka Muganga na Brig Gen Ronald Rwivanga bitabiriye ibirori bya tarehe sita I Bugande

February 7, 2024
Imyidagaduro

Sintex yatawe muri yombi azira ibiyobyabwenge

May 8, 2023
Imyidagaduro

Umunyabigwi mu kuvuza Saxophone Water Sax Methuselah agiye kumurika injyana Idasanzwe mu Rwanda

June 6, 2023
Ikoranabuhanga

Airtel yatangije icyumweru cyahariwe kwita ku bakiliya bayo,

October 7, 2024
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeje gushyira hanze indirimbo zizakoreshwa mu matora ya Perezida wa Repubulika

May 28, 2024
Imyidagaduro

Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi

March 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?