SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Imyidagaduro

Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 9, 2024
Share
SHARE

Tyla uri mu bahanzi bagezweho muri Afurika y’Epfo aho akomoka no ku Isi yose muri rusange, yatangaje ko atazabasha gukora ibitaramo bizenguruka Isi yari afite muri Amerika n’i Burayi kubera imvune.

Mu butumwa yanditse kuri Instagram yavuze ko abaganga bamugiriye inama yo kudakomeza ibi bitaramo kubera imvune, gusa ntiyahishura ubwoko bw’imvune afite.

Yanditse ati “Nagerageje kubihisha, maze igihe ndi mu buribwe bukabije kubera imvune y’umwaka ushize. Nahuye n’abaganga ariko aho gukira ndushaho kuremba. Mbabajwe no kubamenyesha ko ntazaboneka mu bitaramo kuko ndamutse nkoze igitaramo ubuzima bwanjye bwarushaho kuba bubi.”

Mu mpera z’uku kwezi kwa Werurwe nibwo Tyla yateguraga gutangira ibi bitaramo bizenguruka Isi, ahereye Oslo no muri Amerika.

Tyla yihanganishije abazagira akababaro kubera ko batazamubona mu bitaramo, abizeza ko Imana imuri hafi ku buryo nakira azatangaza amatariki yo gusubukuraho ibitaramo. Abaguze amatike y’ibitaramo byo muri Amerika bazayasubizwa nk’uko bikubiye mu butumwa bwa Tyla.

Tyla aherutse gutwara Grammy award mu cyiciro cya Best African Music Performance abikesha indirimbo yitwa Water.

Igitaramo cyabahoze bagize Sauti sol I Kigali cyahinduriwe amatariki
Abahanzi bazitabira  MTN Iwacu na Muzika 2025 bagiye kwongera gukina n’abanyamakuru  nyuma y’Imyaka 13
Dj Ira ari mu gahinda nyuma yo kubura umubyeyi we witabye Imana
Tonzi yamuritse album ya 9 Kabangaza ahembura Imitima ya benshi mu bari bamukumbuye
Itsinda rya ‘Diva ‘s Dance Group’ ryatumiwe mu birori byo kwizihiza umunsi w’abagore Muri Chillax Lounge
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Highest Payout Slots Online

May 28, 2024

Lightning Online Casino

May 28, 2024

Real Life Casino Apps

February 25, 2025

Mystino Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

No Wagering Requirements Casino Au

September 5, 2023

Flush Casino Review

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?