SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Imyidagaduro

Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 9, 2024
Share
SHARE

Tyla uri mu bahanzi bagezweho muri Afurika y’Epfo aho akomoka no ku Isi yose muri rusange, yatangaje ko atazabasha gukora ibitaramo bizenguruka Isi yari afite muri Amerika n’i Burayi kubera imvune.

Mu butumwa yanditse kuri Instagram yavuze ko abaganga bamugiriye inama yo kudakomeza ibi bitaramo kubera imvune, gusa ntiyahishura ubwoko bw’imvune afite.

Yanditse ati “Nagerageje kubihisha, maze igihe ndi mu buribwe bukabije kubera imvune y’umwaka ushize. Nahuye n’abaganga ariko aho gukira ndushaho kuremba. Mbabajwe no kubamenyesha ko ntazaboneka mu bitaramo kuko ndamutse nkoze igitaramo ubuzima bwanjye bwarushaho kuba bubi.”

Mu mpera z’uku kwezi kwa Werurwe nibwo Tyla yateguraga gutangira ibi bitaramo bizenguruka Isi, ahereye Oslo no muri Amerika.

Tyla yihanganishije abazagira akababaro kubera ko batazamubona mu bitaramo, abizeza ko Imana imuri hafi ku buryo nakira azatangaza amatariki yo gusubukuraho ibitaramo. Abaguze amatike y’ibitaramo byo muri Amerika bazayasubizwa nk’uko bikubiye mu butumwa bwa Tyla.

Tyla aherutse gutwara Grammy award mu cyiciro cya Best African Music Performance abikesha indirimbo yitwa Water.

Sheebah Karungi yongeye kwihenura ku bagabo ashimangira ko adashishikajwe n’amafaranga yabo .
Princess Cici wabaye Miss Supranational Rwanda 2022 yambitswe impeta
Abavuga ko nkora mpomba nabamenyesha ko inzozi zanjye zabaye impamo :Bad Rama
Tic Tac Foods iyoborwa na Frederick yatanze amafaranga yemeye yo gufasha abana ba Jay Polly
Yago ahatanye na Linda Montez, Malani Manzi na Shemi mu Isango na Muzika Awards 2023
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

7bet Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Pokies2go Login

May 28, 2024
Imyidagaduro

Amafoto ya John Cena yambaye ubusa mu bihembo bya Oscars yambaye akomeje kuvugisha benshi

March 11, 2024

Parions Sport Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

Gambling Legislation Australia

February 25, 2025

New Zealand No More Online Pokies

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?