SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Imyidagaduro

Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/09 at 1:34 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Tyla uri mu bahanzi bagezweho muri Afurika y’Epfo aho akomoka no ku Isi yose muri rusange, yatangaje ko atazabasha gukora ibitaramo bizenguruka Isi yari afite muri Amerika n’i Burayi kubera imvune.

Mu butumwa yanditse kuri Instagram yavuze ko abaganga bamugiriye inama yo kudakomeza ibi bitaramo kubera imvune, gusa ntiyahishura ubwoko bw’imvune afite.

Yanditse ati “Nagerageje kubihisha, maze igihe ndi mu buribwe bukabije kubera imvune y’umwaka ushize. Nahuye n’abaganga ariko aho gukira ndushaho kuremba. Mbabajwe no kubamenyesha ko ntazaboneka mu bitaramo kuko ndamutse nkoze igitaramo ubuzima bwanjye bwarushaho kuba bubi.”

Mu mpera z’uku kwezi kwa Werurwe nibwo Tyla yateguraga gutangira ibi bitaramo bizenguruka Isi, ahereye Oslo no muri Amerika.

Tyla yihanganishije abazagira akababaro kubera ko batazamubona mu bitaramo, abizeza ko Imana imuri hafi ku buryo nakira azatangaza amatariki yo gusubukuraho ibitaramo. Abaguze amatike y’ibitaramo byo muri Amerika bazayasubizwa nk’uko bikubiye mu butumwa bwa Tyla.

Tyla aherutse gutwara Grammy award mu cyiciro cya Best African Music Performance abikesha indirimbo yitwa Water.

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul March 9, 2024 March 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Sony yaguze ibihangano bya Michael Jackson kuri Miliyoni 600$

February 12, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville

October 28, 2023
Andi makuru

Yvan Muziki yongeye kugaruka ku butabazi Perezida Kagame yakoreye umubyeyi we .

July 11, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Uptown The Maskking wo muri Nigeria arifuza gukorana indirimbo na Bruce Melodie na Davis D

May 23, 2023
Andi makuru

Umujyanama wa Diamond ari i Kigali mu biganiro na 1:55AM

April 25, 2025
Imyidagaduro

Ne-yo yiseguye kubabajwe n’amagambo yavuze kubaryamana bahuje ibitsina

August 9, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?