SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe
Imyidagaduro

Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 6, 2023
Share
SHARE

Nyuma yo kugaragara mu cyumba aryamanye n’inkumi agakingirizo kari hafi y’amaguru ye, Davis D yashyize hanze udukingirizo twe yise “D Protection” mu rwego rwo gufasha abakundana n’abashakanye kujya bikingira mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu kiganiro yagiranye na Ahupa Visual Radio  Davis D yavuze ko yasohoye utu dukingirizo mu rwego rwo gufasha urubyiruko cyane ko ari rwo rwugarijwe, kwirinda inda zitateganyijwe no kwirinda SIDA muri rusange

Yagize ati: ’’Nk’umuhanzi kandi w’urubyiruko nifuje gutanga umusanzu wanjye ku rubyiruko benshi badukurikirana, icyo nagiraga ngo mbashishikarize ni ukwirinda SIDA cyane ko ari cyo kibazo cyugarije urubyiruko cyane. Ndetse no kwirinda izindi ndwara zibonekera mu mibonano mpuzabitsina n’inda zitateganyije.

Uruhare rwanjye rero kuri utu dukingirizo twa “D Protection” ni ugushishikariza urubyiruko kwirinda mbashishikariza kwikingira. Rero kugira ngo babyumve neza nabakoreye agakingirizo kanjye.

Rero benshi bakunda Davis D n’ibihangano byanjye bagakoresha ndetse banishimira ko bari gukoresha agakingirizo k’umuhanzi wabo bakunda.’’

Davis D yavuze o ubu utu dukingirizo tutarajya ku isoko, gusa bari gushaka uko badukwirakwiza mu gihugu. Yavuze kandi ko vuba abantu bari bumenye ibiciro byatwo n’aho badusanga n’ubwo yaciye amarenga ko igiciro ari igisanzwe.

Utu dukingirizo dusohotse nyuma y’uko uyu muhanzi agaragaye mu cyumba n’inkumi yavugishije abatari bake ubwo yari yicaye ndetse anaryamye mu bihe bitandukanye, impande ye hagaragara agakingirizo kakoreshejwe.

Ikigo Bilt Llc cya Steve Harvey cyasinye amasezerano y’imikoranire na RDB
Umuryango wa Clapton Kibonge uri mu byishimo nyuma yo kwibaruka umuhungu
King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki
Abanyarwanda barangajwe imbere na Perezida Paul Kagame n’umuryango we bitabiriye igitaramo cya John Legend muri BK Arena
Alliah Cool yasangiye n’abakunzi be mu gikorwa cyo kwerekana Filime yakinnyemo yitwa the Waiter
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Carnival Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Lyckybull Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Casino Sites Australia No Deposit Bonus

February 25, 2025

Sportsbet Bonus Bets

February 25, 2025

Duxcasino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Sunshine Pokies

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?