SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe
Imyidagaduro

Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/06 at 10:03 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma yo kugaragara mu cyumba aryamanye n’inkumi agakingirizo kari hafi y’amaguru ye, Davis D yashyize hanze udukingirizo twe yise “D Protection” mu rwego rwo gufasha abakundana n’abashakanye kujya bikingira mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu kiganiro yagiranye na Ahupa Visual Radio  Davis D yavuze ko yasohoye utu dukingirizo mu rwego rwo gufasha urubyiruko cyane ko ari rwo rwugarijwe, kwirinda inda zitateganyijwe no kwirinda SIDA muri rusange

Yagize ati: ’’Nk’umuhanzi kandi w’urubyiruko nifuje gutanga umusanzu wanjye ku rubyiruko benshi badukurikirana, icyo nagiraga ngo mbashishikarize ni ukwirinda SIDA cyane ko ari cyo kibazo cyugarije urubyiruko cyane. Ndetse no kwirinda izindi ndwara zibonekera mu mibonano mpuzabitsina n’inda zitateganyije.

Uruhare rwanjye rero kuri utu dukingirizo twa “D Protection” ni ugushishikariza urubyiruko kwirinda mbashishikariza kwikingira. Rero kugira ngo babyumve neza nabakoreye agakingirizo kanjye.

Rero benshi bakunda Davis D n’ibihangano byanjye bagakoresha ndetse banishimira ko bari gukoresha agakingirizo k’umuhanzi wabo bakunda.’’

Davis D yavuze o ubu utu dukingirizo tutarajya ku isoko, gusa bari gushaka uko badukwirakwiza mu gihugu. Yavuze kandi ko vuba abantu bari bumenye ibiciro byatwo n’aho badusanga n’ubwo yaciye amarenga ko igiciro ari igisanzwe.

Utu dukingirizo dusohotse nyuma y’uko uyu muhanzi agaragaye mu cyumba n’inkumi yavugishije abatari bake ubwo yari yicaye ndetse anaryamye mu bihe bitandukanye, impande ye hagaragara agakingirizo kakoreshejwe.

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul January 6, 2023 January 6, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

#Kwibuka31: Rubyiruko Mumenye ko ari mwe mbaraga u Rwanda Rwegamiyeho: Butera Knowless

April 10, 2025
Imyidagaduro

Miss Aurore Kayibanda yakorewe ibirori bya Bridal Shower

July 30, 2024
Imikino

Novak Djokovic ashobora kwegukana igikombe cy’ijana

March 30, 2025
Imikino

Amavubi anganyije na Zimbabwe mumukino utari uryoheye ijisho!

November 15, 2023
Andi makuru

Major General Aharon Haliva waei ukuriye ubutasi bwa Israel yeguye ku mirimo ye

April 23, 2024
Andi makuru

Burkina Faso : Perezida Capt Ibrahim Traoré yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya

December 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?