SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali
Andi makuruImyidagaduro

Itsinda rya Boys II Men ritegerejwe I Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/25 at 8:39 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Itsinda ry’abanyamuziki bubatse izina ku Isi yose ‘Boys II Men’ ritegerejwe i Kigali mu gitaramo kizahabera hagati y’Ukwakira n’Ugushyingo 2023.

Iri tsinda rikomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryamamaye mu ndirimbo nka; End of the road, I will make love to you, On bended knee, n’izindi nyinshi.

Amakuru IGIHE yabonye ni uko abateguye igitaramo cy’iri tsinda bakomeje imyiteguro yo kuryakira ndetse bari mu myiteguro ya nyuma.

Icyakora nubwo bigoranye kumenya amakuru y’igitaramo cy’iri tsinda, amakuru twizeye  atugeraho nuko byamaze kwemezwa ko rigomba gutaramira i Kigali.

Iri tsinda ry’abagabo batatu ryavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Rigizwe na Nathan Morris, Shawn Stockman na Wanya Morris, mu gihe Michael McCary na Marc Nelson barihozemo bakaza kurisezeramo.

Ni itsinda ribitse ibikombe bine bya Grammy awards, birindwi bya Soul train music awards, icumi bya American Music Awards n’ibindi byinshi.

You Might Also Like

Perezida José Mujica wafatwanga nk’umukene yitabye imana ku myaka 89

Ubuhamya bwa Cassie Ventura mu rubanza rwa P Diddy bushobora gutuma afungwa Burundu

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Perezida Trump yishimiye uko yakiriwe n’igikomangoma Bin Salman cy’Arabie Soudite

Qatar igiye guha USA indege ya Boeing 747-8 izakoreshwa nka Air Force One

Nsanzabera Jean Paul July 25, 2023 July 25, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Paul Kagame yifurije abayisilamu umunsi mwiza wa Eid Il Fitri

March 31, 2025
Imyidagaduro

Anita Pendo yegukanye igihembo muri ‘Ladies in Media Awards 2023muri Ghana

April 1, 2024
Andi makuru

Menya umugabo Ruben Enaje ukomoka muri Filipine, Amaze kubambwa inshuro 34.

April 11, 2023
Imyidagaduro

Clapton Kibonge yashyize hanze ibice bya mbere bya Filime Icyaremwe Gishya yakoze nyuma yo kuva mu bitaro

May 15, 2024
Imyidagaduro

Drake yavugishije abantu amangambure nyuma yo kugaragara akinisha igikinisho gifite ishusho y’igitsina

February 8, 2024
Imikino

Amavubi yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Lesotho igitego 1 cya Jojea

June 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?