SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Paul Kagame yifurije abayisilamu umunsi mwiza wa Eid Il Fitri
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Paul Kagame yifurije abayisilamu umunsi mwiza wa Eid Il Fitri
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yifurije abayisilamu umunsi mwiza wa Eid Il Fitri

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 31, 2025
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yifurije Abayisilamu bo mu Rwanda no ku Isi yose umunsi mwiza wa Eid al-Fitr, wizihijwe kuri uyu wa 30 Werurwe 2025, abasaba gukomeza kugira indangagaciro z’impuhwe, ubumwe n’ubugwaneza.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yifurije Abayisalamu bose Umunsi Mukuru mwiza.

Ati “Ibi birori by’ibyishimo bizanire mwebwe n’abo mukunda, amahoro, ibyishimo n’uburumbuke. Reka dukomeza kwimakaza indangagaciro z’impuhwe, ubumwe n’ubugwaneza, nk’igisobanuro cy’uyu munsi mukuru.”

Kuri uyu wa 30 Werurwe, ni bwo Abayisilamu bo mu Rwanda kimwe n’abo ku Isi yose basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, aho bari bamaze iminsi 29 biyiriza ubusa.

Isengesho ku rwego rw’Igihugu ryabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo, aho ryitabiriwe n’abayisilamu benshi.

Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda watangaje ko muri uku kwezi wakusanyije arenga miliyoni 33 Frw yakoreshejwe mu kugurira abayisilamu batishoboye ibyo kurya ku munsi w’Ilayidi.

Binyuze muri iyo gahunda hatanzwe toni 21000 z’ibiribwa birimo ibishyimbo n’umuceri.

 

RIB yerekanye Musabyimana Theophile ushinjwa kwihesha imitungo y’abandi
Dj Toxxyk yashyize hanze urutonde rw’abahanzi naba dj bazamufasha mu gitaramo cye
Perezida Kagame yashimiye RIB urwego rwiza igezeho igenza ibyaha
Umwana w’imyaka 10 yiciwe mu gitero cyagabwe kuri bus muri Cisjordanie
Perezida Tshisekedi akomeje kwegezayo inkoramutima ze azifunga
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Gold Digger Slot

February 25, 2025

Free Casino No Deposit Bonuses Australia

February 25, 2025

My Stake Casino Review

May 28, 2024

Exclusive Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Titanbet Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Crown Casino Promotions

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?