SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Trump yishimiye uko yakiriwe n’igikomangoma Bin Salman cy’Arabie Soudite
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Trump yishimiye uko yakiriwe n’igikomangoma Bin Salman cy’Arabie Soudite
Andi makuru

Perezida Trump yishimiye uko yakiriwe n’igikomangoma Bin Salman cy’Arabie Soudite

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 13, 2025
Share
SHARE

 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza umubano wihariye n’ubuyobozi bwa Arabie Soudite , ubwo yahuraga n’Igikomangoma Mohammed bin Salman, bakagirana ibiganiro byagarutse ku ishoramari n’ubufatanye bukomeje gushinga imizi.

Mu magambo yuzuyemo ikuzo n’ubushuti, Trump yagize ati: “Ndumva koko dukundana cyane. Guhura na we ni icyubahiro gikomeye. Dufitanye umubano ukomeye cyane.”

Trump yakomeje ashimira Igikomangoma Mohammed bin Salman ku bw’ubwenge bwe, amwita “umunyabwenge urengeje imyaka ye”, anagaragaza uburyo amwizeye nk’umufatanyabikorwa w’ingenzi mu ruhando mpuzamahanga, by’umwihariko mu gushaka amahoro hagati y’Uburusiya n’Ukraina.

Nubwo Arabie Soudite  yigeze gushyirwa ku ruhande nyuma y’iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi mu 2018, Igikomangoma Mohammed bin Salman cyakomeje kugerageza kugarura umubano n’u Burengerazuba, cyane cyane Amerika iyobowe na Trump.

Ayo mahirwe asa n’aho yasubiranywe, dore ko Trump yanashimangiye ishoramari rya miliyari 600 z’amadolari  Arabie Soudite  yateganyije muri Amerika, avuga ko ashobora no kugera kuri triliyari imwe.

Trump wiyita “umugabo w’amasezerano” (deal-maker), yahisemo kugaruka cyane ku masezerano y’ubucuruzi yagezweho, aho kwinjira mu bibazo bikomeye byo muri aka karere birimo intambara hagati ya Hamas na Israel ndetse n’ibiganiro bikomeje hagati ya Amerika na Iran ku bijyanye n’intwaro kirimbuzi.

 

Umuramyi Nomthie Sibisi yageze mu Rwanda yishimira uko yakiriwe na Drups Band yamutumiye (Amafoto )
Antoinnette Rehema yashyize hanze indirimbo nshya yise ibinezaneza
Rwiyemezamirimo Zigirinshuti Jean yashimiwe nka rwiyemezamirimo w’indashyikirwa ukiri muto .
Umuhanzi Yvan Drive yashyize hanze indirimbo ebyiri zivuga ibigwi Perezida Kagame mu rwego rwo kumwamamaza .
Perezida Tshisekedi yitabiriye inama ya Comesa i Burundi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The No Registration Bonus Codes For Free Spins In Ireland

August 17, 2019

Free Spins No Deposit Mobile Casino Ireland

May 28, 2024

Slot Hunter Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Blood Moon Casino Australia Bonus Codes 2024

May 28, 2024

House Of Pokies Packer

February 25, 2025

Jack And Jill Slot

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?