Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Colombia nyuma yahoo mu tariki ya 4 Kamena 2022 aba bombi batagarije ko batandukanye , uyu muhanzi n’abane be bahise bimuka muri esipanye bajya gutura muri Amaerika aho uyu mugore yabanje kuba muri hotel ashakisha inzu nziza yabamo n’umuryango we .
Kugeza ubu uyu mugore nyuma y’igihe kinini yiruka muri imwe mu mijyi ikomeye muri leta zuznze ubumwe z’amerika ashakisha inzu ,aharavugw ako ubu yaba yabonye inzu ku kirwa cya Fisher Island kiri muri Leta Ya Florida mu mujyi wa Miami.
Amakuru dukesha bimwe mu binyamakuru byo muri Amerika n’uko ikirwa cya Fisher ari kimwe mu birwa bitoya muri Amerika kikaba kiri ku buso bwa Kilometero kare imwe gusa kibakaba gituyeho abaherwe bagera ku 1300 .
Iki kirwa ahantu kiri habereye gutura ibyamamare kuko nta budni buryo bwo ku kigeraho udafite ubwato cg Indege bivuga ko abahatuye bose babaho mu buzima bwihariye cyane kandi nta kibazo cy’umutekano bajya bagira .
Bivugwa ko inzu Shakira agiye guturamo ku kirwa cya Fisher gifite ibintu byose ibyamamare bikenera nk’Umucanga wok u nkombe z’Inyanja ,Resitora,Ibibibuga bitandukanye by’Imikono ikunda muri Amerika ,Amashuri, Pisine ni bindi bintu byisnshi bikenera n’abafite agatubutse.
