SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Itsinda Kigali Boss Babes rikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Itsinda Kigali Boss Babes rikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Imyidagaduro

Itsinda Kigali Boss Babes rikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: April 18, 2023
Share
SHARE

Kuri uyu wa mbere nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y’abagore batandatu b’ikimero bibumbiye mu itsinda bise Kigali Boss Babes bisobanuye ko ari abagore beza kandi bakize.

Aya mashusho yabagaragaje bose baparika amamodoka yabo aho baroshokeye ndetse bananywa za shampanye zihenze, bimwe bita ku Isi.

Aba ba boss babes ni ashema Sylvie, Queen Douce, Christella, Camille Yvette, Isimbi Model na Alliah Cool.

Aba bagore benshi bazwi mu bijyanye na sinema, kumurika imideli no kujya mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye, gusa bamwe bafite ibindi bikorwa by’ubucuruzi butandukanye bakora.

Ni abantu bibera mu buzima buhenze, bakunze gutembera mu bihugu bitandukanye, batuye mu mazu ahenze i Kigali.

Nka Alliah Cool aherutse gutaha inzu ye bwite igeretse yubakishijwe amafaranga asaga miliyoni 500 nk’uko bivugwa. Isimbi Model yashakanye n’umugabo w’umushoramari w’umunyamahanga, batuye mu nzu zihenze zo mu mudugudu wa Vision City.

Imbuga nkoranyambaga ejo hashize ziriwe zashyushye kubera aba bagore bemeza ko ari abakire. Bamwe bati ‘ayo mafaranga bayakuyehe ngo natwe tuzashakireyo, abandi bati ‘iryo ni ishyari.’

Hari bamwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter bavuze ko aba bagore bashobora gukora ikiganiro mpamo (Reality TV Show) ndetse ko cyarebwa cyane.

Nubwo  bikomejekuvugw ako bazakora icyo kiganiro  muri iki gitondo abao bakobwa  batangaje ko umushinga wabo w’icyo kiganiro  uzatangira vuba cyane ukaba  uzakorwa na  Ajalaja Stanley, umuhanga mu gutegura no gutunganya sinema ukomoka muri Nigeria ufite ikigo gikora sinema kizwi nka ’Superstanfame’ bikaba biteganyijwe ko  ikiganiro cyabo cya mbere kizajya hanze  muri Kamena 2023,

Tonzi yamuritse album ya 9 Kabangaza ahembura Imitima ya benshi mu bari bamukumbuye
Umunyarwenya Phronesis yageze i Kigali aho aje kwitabira igitaramo cyateguwe na Japhet
Maurix Baru yahembuye benshi mu gitaramo cya 2 Cy’injyana ya Afro Opera (Amafoto)
Urubanza rwa Titi Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya 3
Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Online Casino Live Stream

February 25, 2025

What Are The Paypal Withdrawal Options For Virtual Casinos In Ireland

October 8, 2018

Irish Online Gambling Site

September 7, 2017

Do Ipads In Ireland Have Sim Card Slots

May 28, 2024

Donde Jugar Blackjack Online

May 28, 2024

What Are The Highest Limit Pokies Available In Australia

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?