SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe
Imyidagaduro

Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 27, 2023
Share
SHARE

Umuhanzi Iradukunda Javan umaze kumenyekana  nka Javanix  ukorera umuziki mu ntara y’Iburengerazuba mu Karere ka Rusizi nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze ziri mu njyana y’amapiano ubu yashyize hanze indi ndirimbo yise  Champion yakoranye n’umuhanzi Racine  ukunzwe  mu Rwanda  kubera imiririmbire ye

Iyi ndirimbo yagiye hanze mu buryo bw’amajwi yatunganyijwe na Al Hadji Captain P umaze kwamamara nka Logic Hit, ikozwe mu njyana nshya bise “Amakondo” aho bafashe Amapiano bavanga na Gakondo nyarwanda.

Javanix ubwo yari amaze gusohora iyi ndirimbo yadutangarije ko bayikoze mu njyana itamenyerewe mu Rwanda bagamije kugeza injyana gakondo ku rwego mpuzamahanga.

Ati ” Nahisemo kubikora nk’umuhanzi kuko ni umusanzu wanjye nk’umwenegihugu kandi ukunda u Rwanda n’abanyarwanda kugeza injyana yacu kure.”

Javanix avuga ko kenshi iyo ubutumwa buciye mu ndirimbo bugera kure bitewe n’abakunzi b’umuziki.Ati ”Igihe nk’iki abahanzi bagomba kunyuza ubutumwa mu njyana ndangagihugu, abakunzi bacu bakaryoherwa n’umuziki mwiza kandi ubyinitse.”

Muri iyi ndirimbo humvikanamo amagambo yiganjemo urukundo rwo mu mashuka ashimagiza umukobwa w’ikizungerezi ko ari “Champion” ahiga abandi bose.

 Ubusanzwe  JavaniX asanzwe amenyerewe  mu njyana zitandukanye harimo amapiano ndetse na Afrobeat aho yakunzwe mu zindi ndirimbo ze zitandukanye 

 

Jennifer Lopez yikomye abakomeje kumwibasira bamuba ibye n’umugabo we
Sheilah Gashumba arakekwaho gucuruza abakobwa
Minisitiri Dr Utumatwishima Yasabye abakunzi ba muzika kumuherekeza mu gitaramo cya Yago Pon Dat
Ibirori byo gusaba no gukwa bya Bahati wahoze muri Just Family byitabiriwe n’ibyamamare byinshi(Amafoto)
Nasty C niwe uzaba umuhanzi mukuru mu gitaramo cya Davis D
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Bobi Wine yasabye abarwanashyaka b’ishyaka rya NUP kuzamutora muri 2026

May 23, 2024

Top Online Pokies Australia Dollars

September 5, 2023

Live Casino Roulette Online

May 28, 2024

New Pokies Free

May 28, 2024

Virtual Casino In Ireland Guide

May 28, 2024

21bet Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?