SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe
Imyidagaduro

Javanix yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise Champion ikoze mu buryo budasanzwe

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 27, 2023
Share
SHARE

Umuhanzi Iradukunda Javan umaze kumenyekana  nka Javanix  ukorera umuziki mu ntara y’Iburengerazuba mu Karere ka Rusizi nyuma yo gukora zimwe mu ndirimbo ze ziri mu njyana y’amapiano ubu yashyize hanze indi ndirimbo yise  Champion yakoranye n’umuhanzi Racine  ukunzwe  mu Rwanda  kubera imiririmbire ye

Iyi ndirimbo yagiye hanze mu buryo bw’amajwi yatunganyijwe na Al Hadji Captain P umaze kwamamara nka Logic Hit, ikozwe mu njyana nshya bise “Amakondo” aho bafashe Amapiano bavanga na Gakondo nyarwanda.

Javanix ubwo yari amaze gusohora iyi ndirimbo yadutangarije ko bayikoze mu njyana itamenyerewe mu Rwanda bagamije kugeza injyana gakondo ku rwego mpuzamahanga.

Ati ” Nahisemo kubikora nk’umuhanzi kuko ni umusanzu wanjye nk’umwenegihugu kandi ukunda u Rwanda n’abanyarwanda kugeza injyana yacu kure.”

Javanix avuga ko kenshi iyo ubutumwa buciye mu ndirimbo bugera kure bitewe n’abakunzi b’umuziki.Ati ”Igihe nk’iki abahanzi bagomba kunyuza ubutumwa mu njyana ndangagihugu, abakunzi bacu bakaryoherwa n’umuziki mwiza kandi ubyinitse.”

Muri iyi ndirimbo humvikanamo amagambo yiganjemo urukundo rwo mu mashuka ashimagiza umukobwa w’ikizungerezi ko ari “Champion” ahiga abandi bose.

 Ubusanzwe  JavaniX asanzwe amenyerewe  mu njyana zitandukanye harimo amapiano ndetse na Afrobeat aho yakunzwe mu zindi ndirimbo ze zitandukanye 

 

Urubanza rw’umubyinnyi Tity Brown rwongeye gusubikwa
Alliah Cool yashwishwiburije abavuze ko igihembo yahawe muri (EAEA)’ atagikwiriye
Bimwe mu byamamare byatangaje ko bizitabira igitaramo cyateguwe na Ev. Dana Morey Mu Rwanda
Niger: Igisirikare cyahiritse Perezida Mohamed Bazoum ku butegetsi
Tity Brown yasabiwe gufungwa imyaka 25 mu rubanza rwaranzwe n’Impaka ndende
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ireland Electronic Casino Roulette

February 25, 2018
Utuntu n'utundi

Guinée: Col Dadis Camara uherutse gutoroka gereza yasubijwemo

November 6, 2023
Imyidagaduro

Mani Martin yatumiwe mu gitaramo na Ramjaane Joshua Foundation Muri Amerika

June 10, 2024

7bit Casino Registration Bonus

May 28, 2024

Play Casino Pokies With Welcome Bonus

September 5, 2023

Boaboa Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?