SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais
Imyidagaduro

Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/03 at 11:50 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi Ngoga Bienvenu wamneyekanye nka BNG zo ni umwe mu bahanzi bamaze igihe kinini mu muziki nubwo ibihangno bye byagiye bihura n’ibibazo byo kutamenyekana cyane kubera injyana  yakora kuri ubu uyu muhanzi yazanye injyana ye  yihariye yizera ko izakundwa na benshi yise “ Afro  Rwandais”

Mu kiganiro na AHUPA VISUAL RADIO uyu musore wamenyekanye cyane  mu ndirimbo nka Ibanga ,Isitimu,Sweety Girl  ni zindi nyinshi yagiye akora mu njya ya afro Zouk . yadutangarije ko indirimbo ye nshya Wazege  yayikoze mu njyana itamenyerewe  mu muziki nyarwanda.

Yagize ati ““ Afro  Rwandais” Ni injyana maze igihe kinini  nigaho  mu rwego rwo kugira ngo umuzki nyarwanda nawo ugire umwihariko wawo nkuko  muri Tanzania bagira injyana abahanzi baho bose baziranyeho kandi nkaba nizera ko izakundwa  ikaba yatangira gukoreshwa n’abahanzi bandi batandukanye ba hano mu Rwanda .

Tumubajije ku ndirimbo ye nshya yise Wazege yadusubije ko ari indirimbo  ivuga kubwiza bw’umukobwa aho aba ashaka kumwumvisha ko ntawumuruta kandi akaba ari indirimbo ibyinitse kuko iyo uyumvise wumva ko ijya kumera nki congoman  mu miririmbire yayo.

Mu gusoza uyu musore umaze kumenyekanye cyane mu kazi ko gutunganya imisatsi cyane cyane  Dread yatubwiye ko  muri iyi minsi afite gahunda yo gukora cyane  kabone ko afite n’izindi ndirimbo  yakoze mu njyana  ya Afro rwandais muri  studio azamurikira abakiliya be mu minsi ya vuba cyane .

Indirimbo  Wazege yakozwe mu buryo bw’amajwi na  Producer Mazz Beat  naho amashusho ayobora na Director last Collins.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 3, 2023 March 3, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Israel Mbonyi yongerewe mu bazaririmba mu gitaramo cya Ewangelia Easter Celebration Concert.

March 24, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yifurije abayisilamu umunsi mwiza wa Eid Il Fitri

March 31, 2025
Andi makuru

CG (Rtd) Gasana yajuririye igifungo cy’iminsi 30

November 20, 2023
Ikoranabuhanga

Claude Mwene Karangwa uzwi kuri Twitter yatawe muri yombi

September 20, 2023
Andi makuru

Umuryango wa Jimmy Carter watangaje ko amaze umwaka ari mu kigo gishinzwe kumwitaho

February 19, 2024
Imyidagaduro

Sintex yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we uba muri Canada

August 24, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?