SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais
Imyidagaduro

Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/03 at 11:50 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi Ngoga Bienvenu wamneyekanye nka BNG zo ni umwe mu bahanzi bamaze igihe kinini mu muziki nubwo ibihangno bye byagiye bihura n’ibibazo byo kutamenyekana cyane kubera injyana  yakora kuri ubu uyu muhanzi yazanye injyana ye  yihariye yizera ko izakundwa na benshi yise “ Afro  Rwandais”

Mu kiganiro na AHUPA VISUAL RADIO uyu musore wamenyekanye cyane  mu ndirimbo nka Ibanga ,Isitimu,Sweety Girl  ni zindi nyinshi yagiye akora mu njya ya afro Zouk . yadutangarije ko indirimbo ye nshya Wazege  yayikoze mu njyana itamenyerewe  mu muziki nyarwanda.

Yagize ati ““ Afro  Rwandais” Ni injyana maze igihe kinini  nigaho  mu rwego rwo kugira ngo umuzki nyarwanda nawo ugire umwihariko wawo nkuko  muri Tanzania bagira injyana abahanzi baho bose baziranyeho kandi nkaba nizera ko izakundwa  ikaba yatangira gukoreshwa n’abahanzi bandi batandukanye ba hano mu Rwanda .

Tumubajije ku ndirimbo ye nshya yise Wazege yadusubije ko ari indirimbo  ivuga kubwiza bw’umukobwa aho aba ashaka kumwumvisha ko ntawumuruta kandi akaba ari indirimbo ibyinitse kuko iyo uyumvise wumva ko ijya kumera nki congoman  mu miririmbire yayo.

Mu gusoza uyu musore umaze kumenyekanye cyane mu kazi ko gutunganya imisatsi cyane cyane  Dread yatubwiye ko  muri iyi minsi afite gahunda yo gukora cyane  kabone ko afite n’izindi ndirimbo  yakoze mu njyana  ya Afro rwandais muri  studio azamurikira abakiliya be mu minsi ya vuba cyane .

Indirimbo  Wazege yakozwe mu buryo bw’amajwi na  Producer Mazz Beat  naho amashusho ayobora na Director last Collins.

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul March 3, 2023 March 3, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubukungu

Jali Investment yamuritse imodoka 20 nshya zigiye kuyifasha mu gutwara abantu mu mujyi wa Kigali

October 13, 2023
Imyidagaduro

West nyiri El Classico Beach aranyomoza amakuru ari kugenda avugwa ko atazongera gutegura ibitaramo .

May 31, 2023
Imyidagaduro

Umubano wa Jay Z na Beyoncé ukomeje kujya habi

March 6, 2025
Andi makuru

Abdel Fattah El-Sisi yongeye gutorerwa kuyobora Misiri muri manda ya gatatu

December 19, 2023
Andi makuru

Eddie Mutwe ushinzwe umutekano wa Bobi Wine yagejejwe mu rukiko ashijwa ubujura

May 6, 2025
Andi makuru

Papa Francis yavuze ku bibazo biri kubera muri RDC

January 30, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?