SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Joseph Marley, umwuzukuru wa Bob Marley wari umuhanzi uzwi nka Jo yitabye Imana.
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Joseph Marley, umwuzukuru wa Bob Marley wari umuhanzi uzwi nka Jo yitabye Imana.
Imyidagaduro

Joseph Marley, umwuzukuru wa Bob Marley wari umuhanzi uzwi nka Jo yitabye Imana.

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2022/12/28 at 12:31 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi Joseph ’Jo’ Mersa Marley, umwuzukuru wa Bob Marley yitabye Imana afite imyaka 31.

Jo Mersa yasanzwe mu modoka ye yapfuye ku wa 27 Ukuboza 2022. Bivugwa ko urupfu rwe rwatewe n’ indwara ya asima yari amaranye igihe.

Kugeza ubu nta bisobanuro birambuye umuryango we uratangaza kuri uru rupfu rw’uyu muhanzi wakuriye muri sosiyete ifasha abahanzi ya Tuff Gong .

Minisitiri w’intebe w Jamaica, Andrew Holness ni umwe mu babajwe n’urupfu rw’uyu munyamuziki, avuga ko ari igihombo gikomeye ku muziki wa Jamaica.

Abinyujije kuri Twitter yanditse agira ati “ Agiye akiri muto , gupfa ku myaka 31 ni igihombo gikomeye ku muziki wa Jamaica no ku bisekuru bizaza.”

Yakomeje agira ati “Nihanganishije inshuti za Joseph , umuryango we, n’abanyamuziki ba Reggae n’abandi bose bakunze uyu muhanzi.”

Abandi bababajwe n’urupfu rw’uyu muhanzi barimo Shaggy , Mark Golding utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Jamaica n’abandi.

Jo Mersa ni umwe mu bana 11 ba Stephen Marley. Yakuriye muri Miami aho yigiye ibijyanye no gutunganya amajwi muri Miami Dade College.

Asize EP ebyiri zirimo “Comfortable” yakoze mu 2014 na “Eternal,” yakoze mu 2021.

 

 

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul December 28, 2022 December 28, 2022
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruIyobokamana

Iyamuremye Serge n’umugore we Baritegura kwibaruka imfura yabo

September 19, 2023
Imyidagaduro

Umunyarwenya Mazimpaka Japhet yateguye ibitaramo bizazenguruka Kaminuza zo mu Rwanda

June 13, 2023
Imyidagaduro

Kim Kardashian akomeje kugira impungenge kubera imyitware ya Kanye West

March 24, 2025
Imyidagaduro

Umuriro uri kwaka mu rugo rwa Steve Harvey

August 28, 2023
Imikino

Live :Tour du Rwanda Umwongereza Ethan Vernon ukinira Soudal-QuickStep, yongeye kwegukana agace ka Tour du Rwanda 2023, ( Amafoto )

February 20, 2023
Imikino

Amatora ya Perezida wa Ferwafa ateganyijwe muri Kamena

April 26, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?