SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Maj Gen Joseph Nzabamwita yatanze ibyangombwa byo guhagararira u Rwanda mu Burusiya
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Maj Gen Joseph Nzabamwita yatanze ibyangombwa byo guhagararira u Rwanda mu Burusiya
Andi makuru

Maj Gen Joseph Nzabamwita yatanze ibyangombwa byo guhagararira u Rwanda mu Burusiya

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: April 23, 2025
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 22 Mata, Maj Gen Joseph Nzabamwita, Ambasaderi w’u Rwanda wagenwe mu Burusiya, yashyikirije Mikhail Bogdanov, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, ibyangombwa bimwemerera guhagararira igihugu cye I Moscow.

Nzabamwita yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya mu Kuboza 2024.

Yabanje kuba Umujyanama wa Perezida ku bijyanye n’umutekano, kandi mbere yaho, yabaye Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutasi n’umutekano (NISS).

Nzabamwita yasimbuye Lt Gen Mushyo Kamanzi, wari ambasaderi mu Burusiya kuva mu 2019.

Nk’uko Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya ibivuga, umubano  w’ibihugu byombi watangijwe mu 1963.

Kugeza ubu, ibihugu byombi bifite umubano mwiza binyuze mu butumwa bwa diplomasi ku rwego rwa za ambasade.

Ubufatanye bw’ibihugu byombi bugaragara mu nzego za politiki, igisirikare, uburezi, iterambere ry’abakozi, amahugurwa, n’umuco.

Ibihugu byombi kandi bifite ubufatanye mu iterambere ry’ingufu za nikeleyeri.

U Burusiya butanga buruse za kaminuza ku banyarwanda, n’amahugurwa amwe ku bapolisi.

Abanyeshuri bo mu Rwanda bagera kuri 800 barangije kaminuza zo mu Burusiya mu myaka 50 ishize mu byiciro bitandukanye birimo amategeko, ubuvuzi, ibibazo mpuzamahanga, no mu bumenyi bwa politiki.

Abanyarwanda bafite pasiporo za service n’iz’abadipolomate na bo bazajya bajya mu Burusiya nta viza basabwe nyuma yo gushyira umukono ku masezerano yo mu Gushyingo 2024.

 

#Kwibuka30 : Abanyarwanda ba mu buholandi bibutse abakorewe Jenoside basabwa kwamagana abagifite ingengabitekerezo yayo (Amafoto
Inama ya Guverinoma yemeje izamurwa ry’umusoro ku nzoga n’itabi
Liza Mugisha wakoreraga muzika ye muri Canada yagarutse mu Rwanda
Igirikare cy’u Rwanda cyahinduye bimwe mu birango  by’impuzankano zacyo
Colonel Innocent Kaina wahoze muri M23 yashinze Umutwe yise FNLC
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Casino Promotions Today

February 25, 2025

Phdream Com Download

May 28, 2024

Jeet City Casino Login App Sign Up

May 28, 2024
Imyidagaduro

Iry’umugabe Liberation Concert’ Ruti Joel yanyuze abitabiriye mu ijoro ryakeye

July 4, 2023

Fruit Machine Games Free

February 25, 2025

Online Gambling News Ie

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?