SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Juma Jux azakorera ubukwe bwe na Priscilla I Lagos
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Juma Jux azakorera ubukwe bwe na Priscilla I Lagos
Imyidagaduro

Umuhanzi Juma Jux azakorera ubukwe bwe na Priscilla I Lagos

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: April 3, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi wo muri Tanzania Juma Jux, aratangaza ko afite amashyushyu y’ubukwe bwe n’umukunzi we wo muri Nigeria Priscilla Ojo, aho avuga ko akunda umuco w’iki gihugu ndetse akaba yahishuye n’abasitari bazabwitabira.

Nyuma y’uko mu minsi yashize Juma Jux na Priscilla bari bakoze ubukwe muri Tanzania, bagiye kongera gukora ibirori bya nyuma muri Nigeria.

Uyu muhanzi yatangarije Hip TV ko kuri ubu afite amatsiko y’uko ubukwe bwe buzaba bumeze muri Nigeria, cyane ko akunda cyane umuco wabo ndetse n’imyambarire yabo.

Avuga ko nyuma yo gukundana na Priscilla, ubuzima bwe bwahindutse kandi bugahinduka neza, ndetse akemeza ko abantu bazabibona vuba ko yahindutse.

Ati “Mu by’ukuri ntegereje ubukwe bwanjye cyane. Buri gihe mbwira abantu banjye ko mfite ubukwe muri Nigeria kandi ko nkunda umuco wabo. Ni ibintu bitangaje cyane kuko nkunda umuco wa Nigeria, imyambarire, uburyo ubukwe bwabo bukorwa…… Sinjye uzarota igihe kigeze.”

Agaruka ku bantu bazitabira ubukwe bwe, yavuze ko abantu be bo muri Afurika y’Iburasirazuba bazaba bari i Lagos, ndetse ko muri abo hazaba harimo Diamond Platnumz.

Biteganyijwe ko ubukwe bwa Juma  Jux na Priscilla  buzaba muri uku kwezi kwa Mata

Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar
Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny Vumbi na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda Festival
Chriss Eazy yashyize hanze indirimbo Edeni ica agahigo ko kurebwa cyane mu masaha make
The Ben n’umugore we Pamella basuye abana biga muri Bright Future Academy mu Ruhango
Selena Gomez mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’Umukunzi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Is Casino Gambling Licensed In Ireland

May 28, 2024

Pokies That Are Open Now

May 28, 2024

Australia Online No Deposit Casino Bonus Codes

February 25, 2025

Depositwin Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Cosmo Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025
Imyidagaduro

Massamba agiye gutaramira abanyarwanda baba mu Butaliyani

December 12, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?