SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Selena Gomez mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’Umukunzi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Selena Gomez mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’Umukunzi
Imyidagaduro

Selena Gomez mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’Umukunzi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/13 at 9:49 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Selena Gomez yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we Benny Blanco wamusabye ko bazarushinga, nyuma y’umwaka umwe n’igice bashyize ku mugaragaro iby’umubano wabo.

Ni amakuru Gomez yashyize hanze ku mugoroba wo ku wa 11 Ukuboza 2024, abinyujije kuri Instagram ye, ari na ko asangiza abamukurikira kuri urwo rubuga, amafoto yambitswe impeta.

Mu buryo bugaragaza ko yanyuzwe Gomez yanditse ati “Ubu urugendo rwo kubana akaramata ni bwo rutangiye.”

Uyu muhanzikazi w’imyaka 32 yari yaravuzweho kuba ari mu mushinga w’ubukwe n’uyu musore, icyakora ntiyagira icyo abivugaho.

Byari biturutse ku ifoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga, ari imbere y’indorerwamo nyuma ashyiraho udutima tw’urukundo. Iyo foto ye na Blanco w’imyaka 36 yayigaragaragamo ariko ubona atareba muri camera.

Ibi byamamare byombi byatangiye gukundana muri Kanama 2023, gusa baza kwemeza umubano wabo mu itangazamakuru mu Ukuboza k’uwo mwaka.

Selena Gomez wakunzwe mu ndirimbo zitandukanye no muri filime yagiye akina, yabanje gukundana na Justin Bieber igihe cy’imyaka 10 nyamara urukundo rwabo ruza gukendera batarushinze.

Ubwo iby’urukundo rwe rushya byashyirwaga hanze, abafana banagaruye iyo ngingo banagaragazaga ko uyu musore wegukanye Gomez yari n’inshuti ya Bieber.

Icyakora Gomez na Blanco na bo bari inshuti ndetse bafatanya mu mishinga itandukanye na mbere y’uko bemeranya kubana, kuko uyu musore yigeze kugaragara mu mashusho y’indirimbo ya Selena Gomez izwi nka ‘I Can’t Get Enough’ mu 2019.

 

 

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul December 13, 2024 December 13, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Jennifer Lopez yahishuye ko agiye kwihimura ku wari umugabo we abinyujije mu ndirimbo

March 18, 2025
Utuntu n'utundi

Abarimo abanyamerika ,Abongereza n’Ababiligi mu bashatse guhirika ubutegetsi muri RDC bashobora gukatirwa urwo Gupfa

June 11, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umwami Mswati III

August 13, 2024
Imyidagaduro

Eric X Dealer yahakanye icyaha cyo kwiba telefone ya The Ben

November 13, 2023
Imyidagaduro

Bob Pro yashyize hanze urutonde rw’abahanzi nyarwanda barenga 24 yahurije kuri Alubumu ye yise” Ni Neza”

May 18, 2023
Utuntu n'utundi

Umugore wa Vital Kamerhe yahishuye ko ko barokotse urupfu mu maso yabo

May 20, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?